Dore indwara zikomeye ushobora guterwa no gusomana

27/09/2023 05:54

Dore indwara zikomeye ushobora guterwa no gusomana

Igikorwa cyo cyosomana kiba hagati y’abantu babiri. Abasomana bagirwa inama yo kubanza kumenyana no kwipimisha kugira ngo bamenye niba ari bazima.

Mu gihe byakozwe nta kwita kuri icyo kibazo rero, bishobora kubyara indwara zikomeye harimo n’izandurira mu mibonano mpuzabitsina nk’uko ikinyamakuru India.com dukesha iyi nkuru kibitangaza.

 

Indwara zishobora kwandurirwa mu gusomana harimo; Influenza, Umutwe udukira, Kuribwa mu mitsi, Mu muhogo no kugira umuriro mwinshi.

 

Indi ndwara ivugwa ni iyitwa ‘Herpes’.Iyi ndwara iyo ifashe umuntu runaka , agira ubukonje bukabije kumunwa we bikagaragarira inyuma kandi yandurira mu gusomana.

 


Indi ni Syphilis ubwoko bwandurira mu gusomana; Iyi ndwara ya Syphilis ituma ituma umunwa w’uwasomanye wandura ugacika ibisebe.

Indwara z’ubuhumekero.Indwara z’uhuhumekero zishobora guterwa no gusomana.

 


Umuntu wanduye kandi ashobora kurwara ishinya y’amenyo by’igihe kirekire.

Ishinya irabora

Advertising

Previous Story

Kenya : Umukecuru w’imyaka 95 yatangaje ko atigeze ashaka ahamya ko akiri isugi kubera kubaha amategeko ya se wangaga ko ava muri Catholic

Next Story

Dore ubusobanuro bw’amazina meza cyane wahitiramo umwana wawe n’utwambaro ukwiriye kubambika

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop