Kenya : Umukecuru w’imyaka 95 yatangaje ko atigeze ashaka ahamya ko akiri isugi kubera kubaha amategeko ya se wangaga ko ava muri Catholic

27/09/2023 05:42

Umugore wo muri Kenya ugeze muzabukuru yagaragaje ko mu myaka yose amaze ku isi atigeze akora imibonano mpuzabitsina ndetse ahamya ko akiri isugi.

 

Uyu mugore washyize kuri TikTok n’uwitwa Nelo Josh , yahamije ko kwanga gushaka kwe bifite aho bihuriye n’imyizerere ngo na cyane ko hari abagabo bamwe batuma abagore babo bahindura aho basengeraga cyangwa bagata imyizerere yabo.

 

Uyu mugore yemeza ko yakoze ibi kugira ngo agendere munama n’ibyifuzo bya se umubyara kugira ngo arebe niba yazakomeza imyizerere ye ntihinduke kandi akiha Imana nk’uko no mu muryango we bimeze.

 

Yatangaje ko abavandimwe be bose bashatse abagabo n’abagore , ariko babikora mu buryo bunyuranyije n’ibyifuzo bya Se ndetse barenga kumahame yari yarabahaye.

 

Uyu mubyeyi yemeza ko yagumye kundaga gaciro z’umuryango we kurenza ibindi.

Src: Muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Dore ibintu udakwiriye kubabarira umugore wawe

Next Story

Dore indwara zikomeye ushobora guterwa no gusomana

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop