
Share via:
Muri iyi nkuru yacu y’uyu munsi twabahitiyemo amazina meza wakwita umwana wawe ndetse n’imyambaro bijyanye.Niba nawe ufite wifuza utwandikire turigusobanurire.
1. Lavyansh: Lavyansh ni izina ryiza rifite inkomoko mu Buhinde , rikaba risobanuye ngo “Umwiza”. Ni izina rihabwa abana b’abahungu.

2.Laaibah: Izina Laaibah rihabwa abana b’abakobwa naryo rifite igisobanuro kimwe nk’iryo twavuze haraguru. Laaibah risobanuye ngo “Umwiza” [Umukobwa].

4. Lakshit: Izina Lakshit risobanuye ngo umuntu ufite intego mu buzima bwe , cyangwa ufite indoto zo kugera kuri byinshi.

5. Layla: Izina Layla ni izina nanone rishimangira ubwiza umuntu afite. Rivuga ubwiza.

6.Lavesh: Iri zina Lavesh naryo rikoreshwa cyane mu gihugu cy’Ubuhinde ndetse risobanuye ngo “Imana y’urukundo”.

7. Lahan : Iri zina , ni rimwe mu mazina meza ukwiriye guhitiramo umwana wawe.Lahan ni izina risobanuye ngo “Umunyabwenge”.

8. Layina: Izina ryanyuma muyo twabateguriye uyu munsi ni , Layina. Izina Layina risobanura umuntu witanga.

Share via: