Dore ubusobanuro bw’amazina meza cyane wahitiramo umwana wawe n’utwambaro ukwiriye kubambika

27/09/2023 06:25

Muri iyi nkuru yacu y’uyu munsi twabahitiyemo amazina meza wakwita umwana wawe ndetse n’imyambaro bijyanye.Niba nawe ufite wifuza utwandikire turigusobanurire.

 

1. Lavyansh: Lavyansh ni izina ryiza rifite inkomoko mu Buhinde , rikaba risobanuye ngo “Umwiza”. Ni izina rihabwa abana b’abahungu.

 

2.Laaibah: Izina Laaibah rihabwa abana b’abakobwa naryo rifite igisobanuro kimwe nk’iryo twavuze haraguru. Laaibah risobanuye ngo “Umwiza” [Umukobwa].

 


4. Lakshit: Izina Lakshit risobanuye ngo umuntu ufite intego mu buzima bwe , cyangwa ufite indoto zo kugera kuri byinshi.

5. Layla: Izina Layla ni izina nanone rishimangira ubwiza umuntu afite. Rivuga ubwiza.

 

6.Lavesh: Iri zina Lavesh naryo rikoreshwa cyane mu gihugu cy’Ubuhinde ndetse risobanuye ngo “Imana y’urukundo”.

 

7. Lahan : Iri zina , ni rimwe mu mazina meza ukwiriye guhitiramo umwana wawe.Lahan ni izina risobanuye ngo “Umunyabwenge”.

 


8. Layina: Izina ryanyuma muyo twabateguriye uyu munsi ni , Layina. Izina Layina risobanura umuntu witanga.

Advertising

Previous Story

Dore indwara zikomeye ushobora guterwa no gusomana

Next Story

Indirimbo y’umunsi utariwumva ahandi ! Papa wibyiza y’umuramyi w’indirimbo zo guhimbaza Imana Aline Gahongayire – VIDEO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop