Advertising

Dore impamvu ukwiye kujya gukoresha massage guhera uyu munsi

18/02/2024 14:26

Ubusanzwe abantu benshi massage ntibayifata nkikintu gikomeye kuko baba bataramenya neza akamaro kayo ku mubiri w’umuntu ariko burya ni ingenzi cyane. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe agiye gutuma nawe utangira kujya gukorerwa massage ndetse ukabikunda unabihatira abandi.

 

Dore impamvu ukwiye kujya gukoresha massage guhera uyu munsi;

 

 

  1. Igabanya stress

 

Kimwe mu bintu byiza ukura muri massage no kuruhuka mu mubiri wawe ndetse ukarwanya stress nabyo birimo.

 

 

  1. Massage ikurinda kuribwa mu mubiri bya hato nahato kuko umubiri wawe baba nagerageje kuwuramubara.

 

 

  1. Ivura kuribwa mu mugongo, iyo umuntu akunda kujya massage ni gacye wumva ataka kuribwa umugongo.

 

 

  1. Ikindi Kandi ikurinda kuribwa umutwe bya hato nahato ndetse ifatwa nko gukora siporo.

 

 

  1. Ituma usinzira neza kuko uba wabashije kuruhuka neza ndetse nta na stress ufite cyane ko massage ituma ibyo byose bigenda.

 

 

  1. Irinda umuvuduko w’amaraso kuko baramura neza imitsi yo ku mubiri wawe bityo bigatuma amaraso atemberera neza mu mubiri wawe.

 

 

 

Icyakora Hari abavuga ko Banga gukora massage kuko bacyekako habomo imico itari myiza, yego bishobora kuba bihari ariko si ngombwa ko ukoresha massage wagiye aho babikorera kuko ushobora kubikorera mu rugo. Cyane abo bashakanye umwe muri mwe ashobora gukorerwa massage na mugenzi we mu gihe mwaguze cyangwa mufite amavuta yifashishwa mu gukora massage.

 

Massage ni ingenzi ku buzima bwawe ndetse kuburyo abamenye iryo Banga batajya basiba kubikora ahubwo bahora babikora kuko Bazi neza akamaro ifitiye ubuzima bwabo.

 

 

 

 

 

Source: amta

Previous Story

Umukobwa yiyahuye arapfa nyuma yuko amenye ko Umusore bakundana yamuciye inyuma

Next Story

Umuntu akwiye kugira imyenda y’imbere ingahe, ukwiye guhindura kangahe ku munsi, Dore icyo inzobere zibivugaho

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop