Advertising

Dore impamvu ukwiriye kunywa amazi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina

13/04/2023 07:23

Ni ingenzi cyane kunywa amazi mbere yo gutera akabariro kubashakanye cyangwa abandi bashaka kugira ibihe byiza mu gihe batera akabariro.

Ibi byiza byo kunywa amazi mbere yo gutera akabariro kubashakanye byatangajwe n’ikinyamakuru WebMD kigaragaza ko iyo umuntu yanyoye amazj mbere y’igikorwa nyirizina, umubiri we uba ‘Hydrated’ ukabobera mu buryo buhagije bigafasha umuntu mugikorwa cyo gutera akabariro.

Iki kinyamakuru WebMD gitangaza ko umuntu ashobora kunywa amazi kugira ngo umubiri we ndetse n’ubwonko bibashe gukora neza muri iki gihe ari kumwe n’umugore we.

Umugore wanyoye amazi mbere yo gutera akabariro, igitsina cye kirabobera bikamufasha kuryoshya igikorwa hagati ye n’uwo bashakanye.Kunywa amazi mbere y’igikorwa nyirizina bifasha umubiri kwakira ibyo arimo ndetse n’amaraso agatembera neza.

Ibi bigira akamaro kandi mu gihe cyo kwihagarika hagati y’abakora igikorwa cyo gutera akabariro.Uca ukubiri na bagiteriya ndetse n’izindi ndwara.Niba ushaka gufasha uwo mwashakanye kuryoherwa nywa amazi mbere.

src: WebMD

Previous Story

Byinshi wamenya kundwara yo gususumira

Next Story

Teta Nicholette yakebuye urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga ashimira umukuru w’igihugu Perezida H.E Paul Kagame

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop