Monday, May 13
Shadow

Dore impamvu udakwiriye kogosha insya zawe

Nureba ku mubiri wawe hari ubwoba uzabona ugatekereza ko ari umwanda nyamara hari undi mumaro yewe ukomeye bufite umumaro kandi ukomeye.Nibyo rwose benshi bahita bihutira gukuraho nyuma y’icyumweru kandi ntabwo twabibabuza kuko bigendanya n’uburyo umuntu yiyumva cyangwa se yifuza gutwara ubuzima bwe muri rusange ariko nanone bikagira inzira bigomba gucamo.

Gusa nubwo ubikora gutyo menya ko hari n’abagenzi bawe batajya babikora kubw’impamvu zabo ari nabo uyu munsi turaza kwibandaho.

NI IZIHE MPAMVU ZISHOBORA GUTUMA UREKA UBWOYA BWAWE BURI KU MYAKA YAWE Y’IBANGA?

1.Uburinzi: Buriya rero nubwo ntabyo waruzi, ubwoba bukikije myaka yawe y’ibanga akenshi bukora nk’umurinzi kandi bifate uko.Ubu bwoya burinda ibirimo ; Infction, imyanda yo hanze, ndetse no mu gikorwa cyo gutera akabariro burya buriya bwoya bugira akamaro gakomeye.

2.Isuku: Ahari bitewe n’imico yawe cyangwa imyizerere yawe ushobora kuba uri kumva bitabaho kandi nyamara bibaho cyane.Ubu bwoya bugaragaza isuku yanyirabwo.Ubu bwoya bukora akazi ko kugaragaza isuku ikomeye cyane k’umuntu ubufite kuko butuma impumuro mbi ishobora kuba ari kuri we igenda igashira burundu.Ikindi kandi ubu bwoya bukumira imyanda iturutse hanze ishaka kwinjira mu gitsina cyawe nko ku gitsina gore ,…Ikindi kandi burinda ibintu byashoboraga kwangiza uruhu rwawe hariya ku gitsina.

3.Bigabanya kuba wakwikeba: Hari abantu bogosha ubwoya bwabo bikabaviramo kwikeba cyangwa kwibaga.Iyo utiriwe wiyogosha rero ntaho uhurira n’ubugi bw’urwembe.

4.Bituma umubiri utengamara: Burya umuntu wogoshe agira umubiri utengamaye cyane kuko aba ameze neza cyane , yifitiye icyizere ndetse akumva ko akunzwe no muri rubanda.

Ntabwi tuvuze ko atari isuku ariko burya nanone mbere yo gukora ikintu ujye ubanza wicare umenye impamvu yacyo kandi ubikore bivuye k’umutima bizakunda.

Umwanditsi: Umwanditsi wacu w’inkuru z’ubuzima n’urukundo

Isoko: Google

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *