Dore impamvu atari byiza kurongoza umugore wawe intoki

10/08/2023 12:31

Benshi mubagabo biharaza ibyo gukora imibonano mpuzabitsina bakoresheje intoki ariko nyamara ntabwo ari byiza nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.Nugira igitekerezo ukidusigire.

Bamwe bavuga ko “Kurongoza umugore wawe intoki nibyiza mu gihe , udashaka kumutera inda uwo mwanya.

Bamwe mu bagore bakunda cyane igikorwa cyo kubarongoza intoki ngo kubera ko zigera kure ugereranyije n’igitsina cy’umugabo , ntibababaze ndetse bakabikundira ko bituma banyara cyane.

N’ubwo bimeze bityo rero hari n’abandi babyanga ngo kubera ko bituma bava amaraso nk’uko ikinyamakuru Pulse cyo muri Kenya kibitangaza.

Abahanga bemeza ko ikintu cyose gishyirwa mu gitsina gore kigomba kuba gitose bihagije kugira ngo kidateza ibibazo.

1. Kubura ububobere

Benshi bakoresha intoki kubera kubura ububobere.Iyo umugore adafite ububobere umugabo we agakoresha intoki , bituma ava cyane.

2. Inzara ziramukomeretsa.

Umugabo ushobora kuba afite inzara , iyo azikoresheje mu gitsina cy’umugore we ziramukomeretsa , akaba yava cyane mu buryo bukabije.Abagabo bagirwa inama yo guca inzara mbere yo gukoresha intoki mu gitsina cy’umugore.

3. Byangiza igice cy’igitsina cy’umugore cyitwa Hymen.

4.Bitera indwara zandurira mu myanya ndanga gitsina.

Gukoresha intoki zifite umwanda , bituma umugore yandura zimwe mundwara zirimo na ‘Imfection’.

Src: Pulse

 

Advertising

Previous Story

Nyuma y’ishingwa ry’urusengero rw’Abatinganyi i Nyambirambo abapasitori b’i Kigali batezwe mutego w’Umushibuka nibatitonda bazagirwa imbata

Next Story

Nkore iki ? : Umugabo wanjye iyo dusohokanye aba yirebera abandi bakobwa nabimuciyeho ariko byaranze

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop