Dore ibyo wamenya ku bakobwa bagira inyinya mu menyo

21/08/2023 20:32

Inyinya ni ukuntu umuntu agira amenyo hagati y’ayo harimo umwanya runaka ushobora kuba muto cyangwa se ukaba mu nini biterwa nuko bimeze ariko byose byitwa inyinya.

 

Ntago inyinya igira igitsina gore gusa kuko hari ni gitsina gabo kugira inyinya.Gusa umubare mu nini wabatubze inyinya ku isi usanga ari igitsina gore, mu bagore 1000 bateraniye hamwe 5 ku ijana baba bafite inyinya.

 

Reka turebe kubyo wamenya ku bakobwa bagira inyinya:

 

 

 

Ubwiza: Bivugwa ko abakobwa  bose bagira inyinya mu menyo yabo baba ari beza nubwo atari bose ariko ngo abenshi baba beza cyane.

 

 

 

Inseko nziza: Bivugwa ko kandi abakobwa benshi bagira inyinya mu menyo bagira inseko nziza iterwa nuwo mwanya uba mu menyo yabo bityo bigatuma bagira inseko nziza ikurura abagabo benshi.

 

 

Ubuhanga: Bivugwa kandi ko umubare mu nini w’abakobwa bafite inyinya mu menyo yabo baba Ari abahanga mubyo bakora.

 

 

 

Barisanzura: Bivugwa ko kandi umukobwa ufite inyinya mu menyo akenshi usanga Ari wa muntu wisanzura ukunda kuganira n’abandi Kandi akaganira nabo ubona abyishimiye nta buryarya burimo.

 

 

 

Guhirwa: Hari nabemeza ko umukobwa ufite inyinya mu menyo ye Kenshi ahirwa mubyo akora yewe ahirwa no mubuzima bwe bwose.

 

 

 

 

Ese wowe ibyo wari ubizi, Hari uwo muziranye ufite inyinya mu menyo se byabayeho byose nkuko tubivuze!??

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Paw Paw w’imyaka 41 yatangaje ikintu gikomeye cyamubayeho ubwo yahuraga bwa Mbere na mugenzi we Aki

Next Story

Waba warigeze wumva abantu barota bavuga, dore icyo bisobanuye

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop