Dore ibyo abashakanye bakwiriye gukora nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina

16/07/2023 10:05

Nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina abashakanye baba bagomba kwita kuri bimwe kugira ngo ubuzima bwabo bukomeze bigende neza.

Amakosa akorwa n’abashakanye niyo ashobora gutuma umwe muri bo cyangwa bose abarwara Infection.Ikinyamakuru cyitwa MedicalToday, cyagaragaje ibintu abashakanye bakwiriye kujya bahita bitaho nyuma yo gutera akabariro nk’uko tugiye kubigarukaho.

DORE IBINTU BAKWIRIYE KUJYA BAHITA BAKORA UWO MWANYA

1.Kwiyuhagira.

Abashakanye baba basabwa guhita biyuhagira nyuma gato yo gutera kabariro kugira ngo bikureho utwanda twose.Ibi birinda kuba , barware imfection zo mu bwoko butandukanye.Ibi kandi bigendana no gusukura iruhande rw’igitsina.

2.Kunyara.

Abashakanye baba basabwa guhita bajya kunyara kugira ngo bagire ibyo basohora bimeze nk’imyanda babikure mukizwi nka ‘Bladder’.

3.Kunywa amazi menshi.

Nyuma yo gutera akabariroro abashakanye baba basabwa kunywa amazi menshi kugira ngo imibiri yabo ikomeze ikore neza.

4.Gukara intoki

Gukaraba intoki ni byiza kuko bituma za bagiteriya zose ziva mu ntoki zawe kuburyo naho urakora hose , ntihagire indwara zihagera.

Numara gusoma iyi nkuru , uyisangize abantu bawe kuri Facebook cyangwa kuri watsapp kugira ngo dukomeze gufatanya  gutanga ubutumwa no kwigisha abantu.Nugira ikibazo utwandikire kuri watsapp tuguhe ubusobanuro burambuye.

Advertising

Previous Story

Umusore yataye ishuri ajya kwirebera sugar mummy

Next Story

Dore ibintu 3 by’ingenzi abakobwa barebaho mbere yo kwemerera abasore ko bakundana

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop