Dore ibintu umugabo yakora bituma ahorana intanga zimeze neza zivamo umwana umeze neza

20/08/2023 10:15

Ni inzozi za buri mugabo kuba yagira umuryango nawe akabyara abana nkuko nawe yabyawe, gusa Hari abatabigeraho kubera ko bananirwa kubyara.

 

Tugiye kuvuga kubintu 3 umugabo yakora ngo akomeze agire ubushobozi bwo kubyara:

 

 

Ambara imyenda ikurekuye. Hari ubwo usanga umugabo ahora yambaye imyenda imufashe ndetse ugasanga yewe nutwenda twimbere turamufashe cyane bituma umwuka utagera ku gitsina cye ndetse bikaba binatuma amaraso adatembera ngo agere hose. Ibi bishobora kukugiraho ingaruka mbi cyane aho ushobora gusanga utabyaye bitewe nawe. Niba ufite inzozi zo kwibaruka guhera ubu tangira wirinde ibi.

 

 

 

 

Gabanya inzoga Niba uzinwa. Alcohol nyinshi mu mubiri wawe zituma intanga zawe Zita umwimerere ariho usanga umugabo kubyara byaranze Kandi biterwa namayoga menshi yirohamo. Nawe kuva uyumunsi Niba wifuza kugira umuryango abana, gabanya inzoga unwa.

 

 

 

Gabanya itabi cyangwa unarireke Burundu. Itabi ubusanzwe bizwi ko rigira ingaruka mbi ku bibaha by’umuntu, uko ukomeza gukunda itabi cyane ukarinwa cyane niho hahandi uzabyara umwana utuzuye kubera ko intanga zawe zataye ubuziranenge, tangira wirinde ibi Niba ubikora.

 

 

 

Ese wowe Hari ibindi Uzi tutavuze haruguru!??

 

 

Umwanditsi; Byukuri Dominique

 

 

Source: Hoodnews

Advertising

Previous Story

Davido na Tiwa Savage bakoreye igitaramo i Kigali ntibamaze ipfa abafana – AMAFOTO

Next Story

Wa musore umaze igihe atwara igare aje kureba Davido ubu yageze i Lagos aho atuye

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop