Advertising

Dore ibintu umugabo yakora bituma ahorana intanga zimeze neza zivamo umwana umeze neza

20/08/2023 10:15

Ni inzozi za buri mugabo kuba yagira umuryango nawe akabyara abana nkuko nawe yabyawe, gusa Hari abatabigeraho kubera ko bananirwa kubyara.

 

Tugiye kuvuga kubintu 3 umugabo yakora ngo akomeze agire ubushobozi bwo kubyara:

 

 

Ambara imyenda ikurekuye. Hari ubwo usanga umugabo ahora yambaye imyenda imufashe ndetse ugasanga yewe nutwenda twimbere turamufashe cyane bituma umwuka utagera ku gitsina cye ndetse bikaba binatuma amaraso adatembera ngo agere hose. Ibi bishobora kukugiraho ingaruka mbi cyane aho ushobora gusanga utabyaye bitewe nawe. Niba ufite inzozi zo kwibaruka guhera ubu tangira wirinde ibi.

 

 

 

 

Gabanya inzoga Niba uzinwa. Alcohol nyinshi mu mubiri wawe zituma intanga zawe Zita umwimerere ariho usanga umugabo kubyara byaranze Kandi biterwa namayoga menshi yirohamo. Nawe kuva uyumunsi Niba wifuza kugira umuryango abana, gabanya inzoga unwa.

 

 

 

Gabanya itabi cyangwa unarireke Burundu. Itabi ubusanzwe bizwi ko rigira ingaruka mbi ku bibaha by’umuntu, uko ukomeza gukunda itabi cyane ukarinwa cyane niho hahandi uzabyara umwana utuzuye kubera ko intanga zawe zataye ubuziranenge, tangira wirinde ibi Niba ubikora.

 

 

 

Ese wowe Hari ibindi Uzi tutavuze haruguru!??

 

 

Umwanditsi; Byukuri Dominique

 

 

Source: Hoodnews

Previous Story

Davido na Tiwa Savage bakoreye igitaramo i Kigali ntibamaze ipfa abafana – AMAFOTO

Next Story

Wa musore umaze igihe atwara igare aje kureba Davido ubu yageze i Lagos aho atuye

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop