Dore ibintu by’ingenzi musabwa gukorera hamwe nyuma yo gutera akabariro

01/07/2023 18:28

Umugore n’umugabo ni abantu babiri baba bemerewe gutera akabariro neza, badatinya kandi batihisha hisha.Ese nyuma yo gutera akabariro ni iki musabwa gukora ?

Murugo rwose ubundi muri Umwami n’Umwamikazi ibi bishatse gusobanura ko icyo mushatse cyose mwagikora kandi mukagikorera igihe mu gishakiye.

ESE NI IBIKI MUSABWA GUKORA ?

1. Kujya mu bwogero

Nyuma yo gutera akabariro nk’abashakanye, murasabwa kujya mu bwogero mwembi mukiyuhagira neza umubiri birashoboka ko buri gihe mutagera kuri iyo ntego ariko mugerageze.Kujya mu bwogero mwembi bituma urukundo rwanyu ruramba kuko murushaho kwegerana.

2.Kuganira byuje amarangamutima

Mwembi muganire kandi muganire nk’abakundana.Niba umukunda cyane mubwire ko yabikoze neza cyane , umushimire.Muri iki gice murabwa kuganira mukishima mugaseka.

3.Gusomana.

Nkabakundana murasabwa gusomana cyane kandi mugasomana neza mubikuye k’umutima.

Advertising

Previous Story

Iby’urubanza Ubushinjacyaha buregamo Ishimwe Diedone Prince Kid Byasubiye i Rudubi Taliki 14 Nyakanga 2023 bazarutangira Bushya ! kubera Iki? Menya Aho byahereye naho bigeze magingo aya

Next Story

Kuryamana n’umukobwa ntibikugira intwari kandi ntibimutesha agaciro ahubwo bikwicira ubuzima

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop