Abantu benshi kenshi usanga bafite ibiheri cyane bikaza mu maso. Ubusanzwe ibiheri biza mu maso kubera ama cells yo mu mubiri wawe apfa akivanga n’amavuta yo mu mubiri wawe bigatuma uzana ibiheri.
Â
Hari ibintu ukwiye kwirinda kuko nabyo bishobora gutuma uzana ibiheri mu maso:
Â
Â
Recyera guhora wikora mu isura yawe: Mu biganza byawe Kenshi usanga harimo umwanda, rero iko ukomeza gusiga uwo mwanda mu maso hawe bishobora gutuma uzana ibiheri.
Â
Â
Â
Telephone: Gushyira cyangwa kaegereza telephone yawe ku mubiri wawe nabyo bishobora gutuma uzana ibiheri mu maso cyane ko telephone yawe uba wiriwe uyikorakora nayo Iba ifite umwanda.
Â
Â
Izuba ni ryiza kuko rigira Vitamin D ariko naryo iyo ribaye ryinshi cyane rishobora gutuma uzana ibiheri mu maso.
Â
Â
Â
Kwambara imyenda yanduye: Imyenda yanduye nayo ni mibi uko bacteria cyangwa iyo myanda Iba iri mu myenda yawe ishobora gutuma uzana ibiheri ku mubiri wawe.
Â
Â
Â
Â
Hindura ibyo uryamamo Kenshi gashoboka bitabaye ibyo umwanda wabo uzatuma uzana ibiheri.
Â
Â
Â
Â
Â
Stress zishobora gutuma umubiri wawe ukora amavuta menshi bityo bigatuma utangira kuzana ibiheri mu maso.
Â
Â
Â
Â
Gukaraba mu maso cyane nabyo si byiza kuko uko ukaraba mo cyane bituma umubiri wawe ukora amavuta menshi bityo bigatuma utangira kuzana ibiheri mu maso.
Â
Â
Â
Â
Â
Source: News Hub Creator