Dore ibintu bishobora kugutera ibiheri mu maso

19/09/2023 17:00

Abantu benshi kenshi usanga bafite ibiheri cyane bikaza mu maso. Ubusanzwe ibiheri biza mu maso kubera ama cells yo mu mubiri wawe apfa akivanga n’amavuta yo mu mubiri wawe bigatuma uzana ibiheri.

 

Hari ibintu ukwiye kwirinda kuko nabyo bishobora gutuma uzana ibiheri mu maso:

 

 

Recyera guhora wikora mu isura yawe: Mu biganza byawe Kenshi usanga harimo umwanda, rero iko ukomeza gusiga uwo mwanda mu maso hawe bishobora gutuma uzana ibiheri.

 

 

 

Telephone: Gushyira cyangwa kaegereza telephone yawe ku mubiri wawe nabyo bishobora gutuma uzana ibiheri mu maso cyane ko telephone yawe uba wiriwe uyikorakora nayo Iba ifite umwanda.

 

 

Izuba ni ryiza kuko rigira Vitamin D ariko naryo iyo ribaye ryinshi cyane rishobora gutuma uzana ibiheri mu maso.

 

 

 

Kwambara imyenda yanduye: Imyenda yanduye nayo ni mibi uko bacteria cyangwa iyo myanda Iba iri mu myenda yawe ishobora gutuma uzana ibiheri ku mubiri wawe.

 

 

 

 

Hindura ibyo uryamamo Kenshi gashoboka bitabaye ibyo umwanda wabo uzatuma uzana ibiheri.

 

 

 

 

 

Stress zishobora gutuma umubiri wawe ukora amavuta menshi bityo bigatuma utangira kuzana ibiheri mu maso.

 

 

 

 

Gukaraba mu maso cyane nabyo si byiza kuko uko ukaraba mo cyane bituma umubiri wawe ukora amavuta menshi bityo bigatuma utangira kuzana ibiheri mu maso.

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umunyamakuru yahatirije Zuchu kuvuga uwo bahoze bakundana umukobwa arabyanga avuga ko mbere ya Diamond ntawundi musore azi

Next Story

Kenya : Umugabo yaguye igihumure nyuma yuko umugore we amuhaye inzu nziza cyane yubatse mw’ibanga umugabo atabizi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop