Advertising

Dore ibintu 5 umukobwa akorera umusore akunda gusa

30/09/2023 17:04

Biragoye kubona ko umukobwa agukunda cyane ariko umukobwa ugukunda ntabyo Kenshi Hari ibintu agukorera cyangwa akwereka atapfa gukorera undi.

 

Dore ibintu 5 umukobwa akorera Umusore akunda gusa:

 

 

Kuganira ukuri (kuvugisha ukuri): Mu gihe umukobwa mukundana iyi muri kuganira akubeshya burya ubwo uwo mukobwa ntaba agukunda kuko umukobwa iyo akunda Umusore nyabyo, iteka mubintu bitandukanye baganira amubwira ukuri.

 

 

 

 

Kwirekura: Musore cunga neza umukobwa ataba akubeshya. Niba umukobwa mukundana ubona agutinya atirekura muganize umubaze impamvu kuko umukobwa ugukunda arakwirekurira akakubwira byose.

 

 

 

Aguha care: Umukobwa ugukunda nyabyo aguha care mbese ashobora kugenda afashe akaboko kawe mu muhanda igihe cyose. Ibu ntago umukobwa yapfa kubikorera Umusore adakunda.

 

 

 

Kukubitsa amabanga: Musore Kandi menya ko ukwiye kuba inshuti yambere Magara y’umukunzi wawe. Kuko Niba umukobwa mukundana atakubitsa amabanga menyako harimo ikibazo Kandi gikomeye.

 

 

 

Ahazaza: Umukobwa iyo akunda umuhungu niwe wenyine aganiza ku hazaza ndetse mu kanaganira ku hazaza hanyu mwembi. Ibi byagorana ko umukobwa abikorera Umusore adakunda.

 

 

 

Gusaba imbabazi  : Mu gihe umukobwa agukunda, nakosa azasaba imbabazi Kandi bimuvuye ku mutima.

 

 

 

 

 

 

 

Source: News hub Creator

Previous Story

Ese amakimbirane yavuzwe hagati ya Bruce Melodie na The Ben yatewe niki ? Yatangiye gusakara ryari ? Ese bo babivugaho iki

Next Story

Rwanda: Umubyeyi arashinja umuyobozi w’ishuri kumusambanyiriza umwana w’imyaka 8

Latest from Inkuru Nyamukuru

Go toTop