Dore ibintu 5 umukobwa akorera umusore akunda gusa

30/09/2023 17:04

Biragoye kubona ko umukobwa agukunda cyane ariko umukobwa ugukunda ntabyo Kenshi Hari ibintu agukorera cyangwa akwereka atapfa gukorera undi.

 

Dore ibintu 5 umukobwa akorera Umusore akunda gusa:

 

 

Kuganira ukuri (kuvugisha ukuri): Mu gihe umukobwa mukundana iyi muri kuganira akubeshya burya ubwo uwo mukobwa ntaba agukunda kuko umukobwa iyo akunda Umusore nyabyo, iteka mubintu bitandukanye baganira amubwira ukuri.

 

 

 

 

Kwirekura: Musore cunga neza umukobwa ataba akubeshya. Niba umukobwa mukundana ubona agutinya atirekura muganize umubaze impamvu kuko umukobwa ugukunda arakwirekurira akakubwira byose.

 

 

 

Aguha care: Umukobwa ugukunda nyabyo aguha care mbese ashobora kugenda afashe akaboko kawe mu muhanda igihe cyose. Ibu ntago umukobwa yapfa kubikorera Umusore adakunda.

 

 

 

Kukubitsa amabanga: Musore Kandi menya ko ukwiye kuba inshuti yambere Magara y’umukunzi wawe. Kuko Niba umukobwa mukundana atakubitsa amabanga menyako harimo ikibazo Kandi gikomeye.

 

 

 

Ahazaza: Umukobwa iyo akunda umuhungu niwe wenyine aganiza ku hazaza ndetse mu kanaganira ku hazaza hanyu mwembi. Ibi byagorana ko umukobwa abikorera Umusore adakunda.

 

 

 

Gusaba imbabazi  : Mu gihe umukobwa agukunda, nakosa azasaba imbabazi Kandi bimuvuye ku mutima.

 

 

 

 

 

 

 

Source: News hub Creator

Advertising

Previous Story

Ese amakimbirane yavuzwe hagati ya Bruce Melodie na The Ben yatewe niki ? Yatangiye gusakara ryari ? Ese bo babivugaho iki

Next Story

Rwanda: Umubyeyi arashinja umuyobozi w’ishuri kumusambanyiriza umwana w’imyaka 8

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop