Dore ibihugu aho umugore yemerewe gushakwa n’abagabo barenze umwe cyangwa umugabo akaba yemerewe gushaka abagore barenze umwe

10/07/2023 11:54

Mu bice byinshi byisi gushyingiranwa ni uburyo umugore n’umugabo basezerana kubana bakazatandukanwa nu rupfu.

Ariko hari ibihugu bimwe na bimwe aho umugore yemerewe gushakwa n’abagabo barenze umwe cyangwa umugabo akaba yemerewe gushaka abagore barenze umwe.Tugiye kubabwira bimwe mu bihugu ku isi bikigira ibyo bintu;

Ubuhinde. Ubuhinde ni kimwe mu bihugu bikigira ibintu byo kuba umugabo yagira abagore benshi.Ariko ibyuko umugore yashakwa n’abagabo barenze umwe byo ntibihaba.

Kenya. Ikindi gihugu ni Kenya, bikaba byemewe mu bwoko bwa ba Masai baba hafi y’umusozi wa kirimanjaro. Aho umugabo yemerewe gushaka abagore barenze umwe.

Nepal. Muri iki gihugu cya Nepal nacyi ibintu byo gushaka abagore barenze umwe naho birahaba.

Mali. Naho umugabo aba yemerewe gushaka abagore barenze umwe, umugabo aba ayobora ama famu naho umugore akayobora ubutaka.

Ethiopia. Hano ho aho ibyo gushak abagore barenze umwe bikorwa cyane nabo mu idini rya Islam.Byinshi muri ibi bihugu impamvu ituma ibi bintu bikorwa ngo ni uburyo bwiza bwo gutuma ubutunzi bwabo buhora bifite ireme hagati y’imuryango yabo.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

“Ndikwicuza Imana imbabarire ! Umugore waryamanye na Pasiteri ubuzima bwe bukangirika arimo kwicuza icyatumye abikora

Next Story

Yari yararanye n’umukobwa w’imyaka 34 wari ihabara rye ! Umupadiri yapfiriye muri Hoteli yari yasanzemo umugore we

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop