Dore amafunguro ashobora gufasha abagore kugira amabere manini n’ikibuno

by
07/09/2023 08:40

Wagerageje imyitozo yose ibaho ku isi ariko byaranze amabere yawe n’ikibuno ntabwo biva aho biri.Ni byiza ko rero ukoresha amafunguro kugira ngo ubuzima bwawe bunabyungukiremo.

Muri iyi babuza abakobwa n’abagore gukoresha ikizwi nka ‘Surgery’ kubera ko atari byiza nagato k’ubuzima bw’uwabikoze.

ESE NI AYAHE MAFUNGURO AFASHA ?

1. Soya
Bibe amata ya Soya cyangwa ay’ibishyimbo kubazi kubikora (Ayifu), Uko wabifata kose , ikinyamakuru Pulse kigaragaza ko ari ingenzi cyane kubagore bashaka amabere manini n’ikibuno kinini. Ibi bituma Oestrogen irimo ifasha muri uwo murimo.

2. Ibigori

Ibigori burya ni ingenzi cyane k’ubuzima bw’abakobwa n’abagore by’umwihariko abifuza amabere manini n’ikibuno kinini kuko ikigori kiri mu byubaka umubiri.

3. Amashyaza / Amajeri

Burya amashyaza ni ingenzi cyane kuko akungahaye kuri Fat ifasha mukugira ibiro byinshi.

4.Imbuto.

Imbuto zirimo , imineke, inanasi , imyembe , n’ibindi bituma umuntu agira ibiro.Umugore wazikoresheje neza rero abona igisubizo cyabyo.

Ni ingenzi ko umenya ko izimbuto zitazahita zigufasha uwo mwanya ahubwo ko bisaba urugendo.

Src: Pulse

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Nkore iki ? : Umugabo wanjye tumaze imyaka 10 duhanye gatanya arifuza ko twakongera kubana! mfite impungenge ko ibyo twapfuye byazongera kugaruka

Next Story

Umwana wambere wakatiwe igihano cy’urupfu! Goerge Stinney Jr umwana muto wiciwe muntebe y’amashanyarazi nyuma bikagaragara ko yarenganye

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop