Dore ahantu abagabo bakunda ko abagore babo babafata, ariko abagore benshi bakaba batahazi

05/11/2023 13:00

Kumenya neza ibyo umugabo wawe cyangwa umukunzi wawe akunda ni kimwe mu bintu bishobora gutuma urukundo nyarwo rukura cyangwa urugo rwanyu rukomera.Aho ukora umugabo wawe cyangwa aho ufata umugabo wawe hasobanuye ibintu byinshi ku buzima bw’urugo rwanyu.

 

 

 

DORE AHANTU ABAGABO BAKUNDA KO ABAGORE BABO BABAFATA ARIKO ABAGORE BENSHI BAKABA BATAHAZI:

 

 

1.Mu musatsi; Abagabo benshi bakunda kubona abagore babo babakorakora mu musatsi. Uko umugore akora umugabo we mu musatsi akorakoramo hose, bishobora gutuma umugabo yumva ameze neza ndetse bikaba byiza mu rugo cyangwa urukundo rwanyu.

 

[irp]

2.Ku matwi; Ku matwi cyangwa mo mu matwi naho ni ahantu abagabo bakunda ko abagore babo babafata cyangwa babakora. Nkuko bisanzwe ku matwi ni kimwe mu gice kikiyumviro ku muntu rero umugabo ukozwe ku matwi akahakorwa n’umugore we bituma urukundo rwabo rukomera cyane.

 

 

3.Mu mugongo: Abagabo benshi bakunda ko abagore babo babafata mu mugongo baturutse inyuma, icyakora abagore benshi ntibazi ko abagabo benshi babikunda.

 

 

4.Mu bwanwa: Umugabo wese ntakunda umuntu umukora mu bwanwa ariko iyo Ari umugore we umukozemo yumva ameze neza kurushaho. Ni ngombwa ko niba uri umugore kumenya ko gukora umugabo wawe mu bwanwa Ari byiza ndetse ko abagabo benshi babikunda.

 

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Ese waruzi ko umugore ashobora gutwita kandi atwite indi nda

Next Story

Dore amagambo umugore cyangwa umukobwa bakunda kubwirwa n’umugabo we cyangwa ubo bakundana

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop