Dore abakobwa basaba imbaraga nyinshi abasore kugira ngo babahindure bigendanye n’imico yabo

18/07/2023 13:50

Hari imico iranga abagore bamwe na bamwe iyo Mico ikaba ikanga abagabo ndetse bigatuma abagabo bahunga abo bagore igitaraganya nkuko inzobere zibivuga.

 

Abo bagore ni aba bakurikira ndetse n’imwe mu Mico ibaranga:

 

1.Abagore bikunda

 

Ubu ni ubwoko bw’abagore bikunda cyane bihugiraho mu gihe cyose. Kenshi uyu mugore uteye gutya aba yumva arenze uwariwe wese.

 

 

2.Abagore batesha umutwe

 

Ubu bwoko bw’abagore Kenshi biterwa nuko usanga umugore yaragiye mu rukundo bikamurenga yarangiza akajya yirwa agutesha umutwe hahandi bigaragarira buri wese ko agutesha umutwe.

 

 

3.Abagore Bazi ubwenge cyane

 

Ushobora kwibaza ngo abagabo batinyira iki abagore bagira ubwenge cyane, usanga aba bagore Kenshi ibintu byabo byose biba Ari intambara mbese byose babyegereza Umutima Kandi mu rukundo ntabintu byintambara rero nicyo gituma abagabo batinya abagore bameze uku.

 

 

4.Abagore basazijwe nuko bagaragara

 

Aba bagore Kenshi usanga amasaha menshi bayamara bita kubyo barya ibyo bambara birwa bajya muri siporo ngo bagumane ingano bahoranye mbese usanga ntakindi bitaho uretse uko bagaragara bo ubwabo rero ibyo abagabo barabibangira kuko baba bashaka umugore wita ku muryango muri rusange.

 

 

5.Femme fatale

 

Ubu ni ubwoko bw’abagore mukimenyana baba bari mu rukundo cyane ariko Kenshi mu herezo birangira bahemukiye ndetse bakababaza Umutima wuwabakunze.

 

 

Ese wowe ubonye ubarizwa muri ubu bwoko bw’abagore!! Wowe se ubona Koko bikwiye ko batinywa!?

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: afrinik.com

Advertising

Previous Story

Abana 14 bari mu bwato barohamye muri Nyabarongo 11 baburirwa irengero

Next Story

Umusaza w’imyaka 65 akaba Mayor yakoze ubukwe n’umwana w’imyaka 16 nibasoza ukwezi kwa buki uyu mukobwa azasubira kwiga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop