Mu Mata hasanzwemo Virus iteye ubwoba yo kwirindwa
WHO [ World Health Oraganization ], Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima , watangaje ko mu Mata habamo ‘Virus’.WHO yatangaje ko iyi virus izwi nka ‘Bird Flu’ [Isanzwe iba mu nyoni n’izindi nyamaswa]. Iyi Virus isanzwe iboneka mu mata anyobwa adatetswe cyangwa ngo ategurwe ku buryo ‘Bagiteriya’ zivamo.
Uyu muryango wemezako , iyi Bird Flu iri gusangwa mu miryango miyinshi by’umwihariko ikoresha amata adatetse.Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mata nibwo batangaje ko mu Mata adateguwe ariho hasabwa Bird flu.Umuyobozi muri WHO [Chief Scientist] Dr Jeremy Farrar, Avia flu nanone izwi nka H5N1 ndetse ngo ikaba iri hejuru mu kwica abantu benshi by’umwihariko muri abo banduye ku Isi.
Kugeza ubu muri Leta zunze Ubumwe za America, hagaragara abantu babiri barwaye iyi ndwara bagaragaye mu ntan...