Monday, May 13
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Mu Mata hasanzwemo Virus iteye ubwoba yo kwirindwa

Mu Mata hasanzwemo Virus iteye ubwoba yo kwirindwa

Inkuru Nyamukuru, Ubuzima
WHO [ World Health Oraganization ], Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima , watangaje ko mu Mata habamo ‘Virus’.WHO yatangaje ko iyi virus izwi nka ‘Bird Flu’ [Isanzwe iba mu nyoni n’izindi nyamaswa]. Iyi Virus isanzwe iboneka mu mata anyobwa adatetswe cyangwa ngo ategurwe ku buryo ‘Bagiteriya’ zivamo. Uyu muryango wemezako , iyi Bird Flu iri gusangwa mu miryango miyinshi by’umwihariko ikoresha amata adatetse.Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mata nibwo batangaje ko mu Mata adateguwe ariho hasabwa Bird flu.Umuyobozi muri WHO [Chief Scientist] Dr Jeremy Farrar, Avia flu nanone izwi nka H5N1 ndetse ngo ikaba iri hejuru mu kwica abantu benshi by’umwihariko muri abo banduye ku Isi. Kugeza ubu muri Leta zunze Ubumwe za America, hagaragara abantu babiri barwaye iyi ndwara bagaragaye mu ntan...
Byinshi wamenya kundwara yitwa Williams Syndrome

Byinshi wamenya kundwara yitwa Williams Syndrome

Ubuzima
Williams Syndrome ni uruhurirane rw'indwara zitandukanye zibanda ku mikurire y'umuntu.Muri iyi nkuru turarebera hamwe byinshi kuri yo. Ikinyamakuru cyitwa "Childrenshospital.org", gitangaza ko iyi ndwara igendanye n'imikurire ya muntu aho yibasira ibice bitandukanye by'umubiri bimwe bikabangamirwa mu mikurire.Bimwe mu bice byibasirwa cyane hazamo ; Imiyoboro y'amaraso n'umutima. Umwana urwaye iyi ndwara agira ibibazo bitandukanye birimo kugira ikibazo mu mikurire y'ubwonko [ Intellectual Disability ], Kugwingira kwa bimwe mu bice by'umubiri we akagira n'ibibazo mu nyifatire mu gihe ari kumwe n'abagenzi be. Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko , umuntu umwe mu bihumbi 10 ariwe urwara iyi ndwara ikunda guhitana abana benshi abandi ikabashyira mu byago kubera uburyo amaraso aba aca mur...
Tandukana no kuzana ibiheri mu maso, Dore ibyo ukwiye kwirinda

Tandukana no kuzana ibiheri mu maso, Dore ibyo ukwiye kwirinda

Ubuzima
Hari ubwo abantu bazana ibiheri mu maso rimwe narimwe bakibeshya ko hari icyabarumye cyangwa ko ari ugukura cyane cyane ku bakiri bato.   Burya hari ubwo usanga ibyo biheri byatewe na zimwe mu mpamvu zabaturutseho! Muri iyi nyandiko tugiye kurebera hamwe ibintu ukwiye kwirinda kugira ngo uce ukubiri no kuzana ibiheri mu maso.   DORE BIMWE MUBITUMA UZANA IBIHERI MU MASO UKWIYE KWIRINDA;   1.Kwikorakora mu maso inshuro nyinshi.   Kimwe mu bintu bishobora gituma uzana ibiheri mu maso no guhira wikorakora mu maso birimo kuko kenshi tuba dufite umwanda mu biganza byacu bityo iyo dukora mu maso Cyane tuba twiteza ibibazo harimo no kuzana ibiheri.   2.Gukoza telephone ku isura mu gihe uri guhamagara.   Akensho usanga abantu benshi ...
Dore ibyiza ndetse n’ibibi byo gukoresha imiti ihindura umusatsi umukara cyane

Dore ibyiza ndetse n’ibibi byo gukoresha imiti ihindura umusatsi umukara cyane

Ubuzima
Abantu benshi hirya no hino bakunze gukoresha imwe mu miti ihindura umusatsi ukaba umukara cyane ibi bamwe bita kanta cyangwa black shampoo mu rurimi rwamahanga. Icyakora abantu benshi ntibajya bamenya neza ko gukoresha iyo miti bigira ingaruka mbi ku muburi w’umuntu n’ubwo hari n’inziza. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mu kubacukumburira amakuru ku kamaro ndetse n’ibibi byo gukoresha iyo miti ifasha abantu guhindura imisatsi yabo igasa umukara kurushaho.   Kimwe mu byiza byo gukoresha iyo miti ihindura imisatsi umukara ku rushaho nuko bituma umuntu agira umusatsi ufite ibara ry’umukara cyane, dore ko nubundi icyo iyo miti imaze arugutuma umusatsi uhinduka umukara kurushaho.   Ikindi kiza cyo gukoresha iyo miti ihindura umusatsi umukara kurushaho n...
Byinshi wamenya kuri ‘Eggplant Deformity’ indwara ituma igitsina cy’umugabo kivunika

Byinshi wamenya kuri ‘Eggplant Deformity’ indwara ituma igitsina cy’umugabo kivunika

Ubuzima
Ubusanzwe Eggplant Deformity ni indwara ituruka kuri Penile Fracture ari nayo tugiye kwibandaho muri iyi nkuru mu rwego rwo gufasha abagabo kuyirinda. Penile Fracture ni impanuka igitsina cy’umugabo gihura nayo mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina  cyangwa igitsina cyafashe umurego mu buryo budasanzwe.Bimwe mu bimenyetso bizakwerekako igitsina cyawe cyakoze impanuka harimo; Kuva amaraso, gucika udusebe duto,kunyara bigoranye n’ibindi bitandukanye. Abahanga bavuga ko uburyo bwo kuvura umuntu urwaye iyi ndwara ari ukumubaga cyangwa kumwitaho murugo iwe.Kuvunika kw’igitsina ntabwo bitera ingaruka cyane nko kuba igufa ryavunika, aha ni mu gihe hamwe hagaragaza ugushyukwa kw’umugabo haba hangiritse [Corpora Cavernosa na Penile Sheath].Kubera ko iyi mpanuka ya ‘Penile Fracture’ itera ‘Eggp...
Ubushakashatsi: Kurya amafi cyane byongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda bigatuma abagore basama vuba

Ubushakashatsi: Kurya amafi cyane byongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda bigatuma abagore basama vuba

Ubuzima
Hari ibiganiro mpaka bikunze kubaho hagati y’abantu n’abandi , bigendanye n’uko hari amafunguro amwe n’amwe yongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda mu gihe bari kumwe n’abo bashakanye.Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko rero kurya amafi cyane bigirira abagabo akamaro bitewe na vitamin ziyasangwamo aribyo tugiye kurebera hamwe. Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe za Amerika, babajije abantu bagera kuri 501 kubyerekeye amafunguro yo mu y’ibikomoka ku nyanja , haba ku gutera akabariro ndetse no gufasha mu gutwita, bavuga ko ku bantu barya amafi n’ibisa nayo bagira amahirwe menshi yo gusama mu gihe kiri munsi y’umwaka. Ubushakashatsi kandi bwagaragaje ko abashakanye barya amafi byibura kabiri mu cyumweru cyangwa kurenza 22% babasha gukora imibonano mpuzabits...
Ubushakashatsi: Abagore nibo bakenera igihe kinini cyo kuryama kurenza abagabo

Ubushakashatsi: Abagore nibo bakenera igihe kinini cyo kuryama kurenza abagabo

Ubuzima
Abahanga bagaragaza ko abagore aribo baba bakeneye kuryama cyane kurenza abagabo bagatanga impamvu zijyanye n’imiterereze , inyuma ku mubiri ndetse n’ihindagurika ry’imisemburo.Muri iyi nkuru turarebera hamwe izindi mpamvu utari uzi. Buri wese akenera igihe cyo kuryama nko kuruhuka ndetse kwita k’ubuzima bwe bitewe n’imirimo rimwe na rimwe aba yakoze cyangwa ibyo aba yanyuzemo.Muri uku kuruhuka nibwo umubiri ubasha gutuza kubera ko umunsi wose nyirabo aba yakoze cyane. 1.KU BIJYANYE N’UBUZIMA. Umubiri w’umugore unyura mu bintu bitandukanye birimo ; Imihango , Gutwita , Kurera no gucura.Ibi byose bituma habaho imihindagurikire mu misemburo bishobora gutuma umugore akenera umwanya munini wo kuryama no kuruhuka.Mu gihe cy’imihango no gucura, umugore arabangamirwa akaba ataryama neza,...
Abagore: Ngizi impamvu zishobora gutuma ukurwamo nyababyeyi

Abagore: Ngizi impamvu zishobora gutuma ukurwamo nyababyeyi

Inkuru Nyamukuru, Ubuzima
Benshi bakurwamo nyababyeyi kubera ibibazo by’ubuzima bwabo nk’uburwayi bwa fibroids, Endometriosis cyangwa kanseri cyangwa bigaterwa n’ibibazo byawe ku giti cyawe ku buzima bwawe n’imibereho yawe. Kubagwa ugakurwamo nyababyeyi ni igikorwa kizwi nka ‘Hysterectom’.Rimwe na rimwe , abaganga bashobora gufunga imiyobora ntanga yawe cyangwa bakayicurika mu gihe bari iki gikorwa twagarutseho haraguru kizwi nka ‘Hysterectom’.Nyuma y’iki gikorwa cya ‘Hysterectom’ cyo gukurwamo nyababyeyi , ntabwo ushobora kongera gutwita cyangwa ngo ujye mu mihango nk’abandi bakobwa cyangwa abagore. Ikinyamakuru Healthline dukesha iyi nkuru kivuga ko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariho iki gikorwa cyo kubagwa bagakurwamo nyababyeyi cyiganje kuko buri mwaka abagera kuri  ku bihumbi Magana Tandatu babagwa ...
Ngibi ibyiza n’ibibi byo koga amazi arimo umunyu

Ngibi ibyiza n’ibibi byo koga amazi arimo umunyu

Ubuzima
Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe akamaro k’amazi arimo umunyu k’uruhu rwawe, n’ibibi byabyo. Gukaraba mu maso ukoresheje amazi arimo umunyu , bigira ibyiza n’ibibi ku ruhu wawe.Amazi arimo umunyu, aba arimo ibyica bagiteriya ishobora kujya mu ruhu ibyo bigatuma uruhu rwawe rusa neza.Gukoresha amazi arimo umunyu kandi bituma ibiheri byo kuruhu rwawe bigabanyuka cyane. Ikinyamakuru dukesha iyi nkuru kivuga ko gukaraba amazi arimo umunyu bituma , bituma ‘Cell’ zapfuye ziva kuruhu rwawe, bigatuma rusa neza.Amazi arimo umunyu kandi atuma wisiga amavuta akagufataho. Benshi bavuga ko umunyu nawo wumisha uruhu bikaba ikibazo gikomeye ku ruhu rwawe kuko rutangira gutakaza ubudahangarwa bwawo wakwisiga amavuta nta gufate.Ikinyamakuru www.byrdie.com, kivuga ko amazi arimo umunyu atuma Ph...
Uburyo bwo gukoresha neza umushahara wawe muke ukakugirira akamaro

Uburyo bwo gukoresha neza umushahara wawe muke ukakugirira akamaro

Ubuzima
Hari ubwo abantu bahembwa amafaranga bakayita make nyamara biterwa n’ibyo bayakoreshamo.Abenshi uzasanga bavuga bavuga ko bifuza imirimo irenze cyane iyo bafite nyamara nujya kureba usange ayo mafaranga bita make ari menshi mu mibare.Ese ni iki wakwirinda ukabasha gufashwa n’umushahara wawe ? Soma iyi nkuru. Muri iyi nkuru uraza kwigiramo ko kuba umukire atari umubare w’amafaranga uhembwa cyangwa utunze ahubwo ari uko uyakoresha n’ibyo uyakoreshamo. 1.SHYIRAHO UBURYO BWO KUZIGAMA: Gushyiraho uburyo bwo kuzigama reka tubigire icya kabiri, ahubwo icya mbere kiba , gushyira imbere kuzigama mu ntekerezo zawe.Mu gihe wowe ubwawe wamaze kwishyiramo ko amafaranga ya mbere uzajya ukura ku mushahara wawe ari ukuyazigama, bizatuma utabasha kubyibagirwa.Menya neza ko amafaranga yo kuzigama akwi...