Sunday, April 28
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Menya impamvu ituma abasore benshi banga gushaka

Menya impamvu ituma abasore benshi banga gushaka

Ubuzima
Muri iyi minsi tugezemo usanga abasore benshi banga gushaka abagore, ndetse abantu benshi ntibajya bamenya impamvu abasore babyanga. Icyakora hari impamvu nyinshi zishobora gutuma umusore yanga gushaka umugore. DORE IMPAMVU UMUSORE ASHOBORA KWANGA GUSHAKA UMUGORE; 1.Kumva ko nta mafaranga ahagije bafite: Abasore benshi bumva ko gufata umwanya bagashaka umugore babikora aruko bafite amafaranga menshi ahagije yo kwita ku muryango. Rero kubera gushaka amafaranga cyane birangira abasore benshi badashatse abagore kubera kubura amafaranga. 2.Inzozi: Hari abasore benshi bakunda kwita ku nzozi zabo, mbese bashaka kugira icyo bageraho mu buzima, rero kubera gukomeza kwita ku nzozi ze bituma yisanga atinze gushaka umugore. 3.Gutinya gatanya: Muri iyi minsi, gatanya ziravuza ubuhuha mu ng...
Dore impamvu udakwiriye kogosha insya zawe

Dore impamvu udakwiriye kogosha insya zawe

Ubuzima
Nureba ku mubiri wawe hari ubwoba uzabona ugatekereza ko ari umwanda nyamara hari undi mumaro yewe ukomeye bufite umumaro kandi ukomeye.Nibyo rwose benshi bahita bihutira gukuraho nyuma y’icyumweru kandi ntabwo twabibabuza kuko bigendanya n’uburyo umuntu yiyumva cyangwa se yifuza gutwara ubuzima bwe muri rusange ariko nanone bikagira inzira bigomba gucamo. Gusa nubwo ubikora gutyo menya ko hari n’abagenzi bawe batajya babikora kubw’impamvu zabo ari nabo uyu munsi turaza kwibandaho. NI IZIHE MPAMVU ZISHOBORA GUTUMA UREKA UBWOYA BWAWE BURI KU MYAKA YAWE Y’IBANGA? 1.Uburinzi: Buriya rero nubwo ntabyo waruzi, ubwoba bukikije myaka yawe y’ibanga akenshi bukora nk’umurinzi kandi bifate uko.Ubu bwoya burinda ibirimo ; Infction, imyanda yo hanze, ndetse no mu gikorwa cyo gutera akabariro ...
Sobanukirwa: Amafunguro yica intanga ngabo ku buryo abagabo basabwa kutayarya buri munsi

Sobanukirwa: Amafunguro yica intanga ngabo ku buryo abagabo basabwa kutayarya buri munsi

Ubuzima
Burya hari amafunguro amwe namwe agira ingaruka nyinshi ku ntanga ngabo ku buryo atabaye maso, ashobora gushiduka zarangiritse atabizi. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Healthline, bavuga ko intanga ngabo zicwa cyane n’ibyo barya ku buryo , ibyo umugabo yariye ibyo biba ibyambere mu kwangiza intanga ze. Uretse ibyo yariye kandi , umugabo hari byinshi aba asabwa kwigengesera gukora , yanabikora , akabikora mu buryo runaka butarangiza umubiri we bikaba byagera no kuntanga ze nk’uko tugiye kubireber hamwe. ESE NI AYAHE MAFUNGURO ABAGABO BABA BASABWA KWITONDERA KUBW’INTANGA ZABO? Buri mugabo agirwa inama yo kugendera kure amafunguro yose arimo inyama nyinshi zabanje kunyuzwa mu byumva cyangwa gutegurwa mu buryo budasanzwe.Muri izi nyama bavugamo ; bacon, sausages, and hot dogs n’ubund...
Abagore : Menya ibintu bishobora gutuma ubura imihango kandi udatwite

Abagore : Menya ibintu bishobora gutuma ubura imihango kandi udatwite

Ubuzima
Iyi nkuru iraza kwibanda cyane ku bagore cyangwa abakobwa bashobora kubura imihango kandi badatwite. Hari ubwo umugore cyangwa umukobwa ashobora kubura imihango akaba yagirango aratwite kandi nyamara adatwite.Muri uko gushaka kubakura mu gihirahiro twabateguriye zimwe mu mpamvu z’ingenzi zishobora gutera umugore guhura n’icyo kibazo cyo kubura imihango adatwite byatewe n’izindi mpamvu. 1.Umujagararo: Kugira umujagararo uri ku rwego rwo hejuru , bishobora gutuma imisemburo yari ifite munshingano kuringaniza imihango cyangwa kuyishyira kumurongo ihungabana.Bishobora guturuka ku kazi kaburi munsi , urukundo ,cyangwa ibindi bibera mu buzima bwawe bishobora gutuma umutima wawe utaba hamwe imihango yawe igasimbuka cyangwa igahagarara. 2.Imisemburo itari kumuronko; Kuba imisemburo yawe y...
Mu Mata hasanzwemo Virus iteye ubwoba yo kwirindwa

Mu Mata hasanzwemo Virus iteye ubwoba yo kwirindwa

Inkuru Nyamukuru, Ubuzima
WHO [ World Health Oraganization ], Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima , watangaje ko mu Mata habamo ‘Virus’.WHO yatangaje ko iyi virus izwi nka ‘Bird Flu’ [Isanzwe iba mu nyoni n’izindi nyamaswa]. Iyi Virus isanzwe iboneka mu mata anyobwa adatetswe cyangwa ngo ategurwe ku buryo ‘Bagiteriya’ zivamo. Uyu muryango wemezako , iyi Bird Flu iri gusangwa mu miryango miyinshi by’umwihariko ikoresha amata adatetse.Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mata nibwo batangaje ko mu Mata adateguwe ariho hasabwa Bird flu.Umuyobozi muri WHO [Chief Scientist] Dr Jeremy Farrar, Avia flu nanone izwi nka H5N1 ndetse ngo ikaba iri hejuru mu kwica abantu benshi by’umwihariko muri abo banduye ku Isi. Kugeza ubu muri Leta zunze Ubumwe za America, hagaragara abantu babiri barwaye iyi ndwara bagaragaye mu ntan...
Byinshi wamenya kundwara yitwa Williams Syndrome

Byinshi wamenya kundwara yitwa Williams Syndrome

Ubuzima
Williams Syndrome ni uruhurirane rw'indwara zitandukanye zibanda ku mikurire y'umuntu.Muri iyi nkuru turarebera hamwe byinshi kuri yo. Ikinyamakuru cyitwa "Childrenshospital.org", gitangaza ko iyi ndwara igendanye n'imikurire ya muntu aho yibasira ibice bitandukanye by'umubiri bimwe bikabangamirwa mu mikurire.Bimwe mu bice byibasirwa cyane hazamo ; Imiyoboro y'amaraso n'umutima. Umwana urwaye iyi ndwara agira ibibazo bitandukanye birimo kugira ikibazo mu mikurire y'ubwonko [ Intellectual Disability ], Kugwingira kwa bimwe mu bice by'umubiri we akagira n'ibibazo mu nyifatire mu gihe ari kumwe n'abagenzi be. Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko , umuntu umwe mu bihumbi 10 ariwe urwara iyi ndwara ikunda guhitana abana benshi abandi ikabashyira mu byago kubera uburyo amaraso aba aca mur...
Tandukana no kuzana ibiheri mu maso, Dore ibyo ukwiye kwirinda

Tandukana no kuzana ibiheri mu maso, Dore ibyo ukwiye kwirinda

Ubuzima
Hari ubwo abantu bazana ibiheri mu maso rimwe narimwe bakibeshya ko hari icyabarumye cyangwa ko ari ugukura cyane cyane ku bakiri bato.   Burya hari ubwo usanga ibyo biheri byatewe na zimwe mu mpamvu zabaturutseho! Muri iyi nyandiko tugiye kurebera hamwe ibintu ukwiye kwirinda kugira ngo uce ukubiri no kuzana ibiheri mu maso.   DORE BIMWE MUBITUMA UZANA IBIHERI MU MASO UKWIYE KWIRINDA;   1.Kwikorakora mu maso inshuro nyinshi.   Kimwe mu bintu bishobora gituma uzana ibiheri mu maso no guhira wikorakora mu maso birimo kuko kenshi tuba dufite umwanda mu biganza byacu bityo iyo dukora mu maso Cyane tuba twiteza ibibazo harimo no kuzana ibiheri.   2.Gukoza telephone ku isura mu gihe uri guhamagara.   Akensho usanga abantu benshi ...
Dore ibyiza ndetse n’ibibi byo gukoresha imiti ihindura umusatsi umukara cyane

Dore ibyiza ndetse n’ibibi byo gukoresha imiti ihindura umusatsi umukara cyane

Ubuzima
Abantu benshi hirya no hino bakunze gukoresha imwe mu miti ihindura umusatsi ukaba umukara cyane ibi bamwe bita kanta cyangwa black shampoo mu rurimi rwamahanga. Icyakora abantu benshi ntibajya bamenya neza ko gukoresha iyo miti bigira ingaruka mbi ku muburi w’umuntu n’ubwo hari n’inziza. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mu kubacukumburira amakuru ku kamaro ndetse n’ibibi byo gukoresha iyo miti ifasha abantu guhindura imisatsi yabo igasa umukara kurushaho.   Kimwe mu byiza byo gukoresha iyo miti ihindura imisatsi umukara ku rushaho nuko bituma umuntu agira umusatsi ufite ibara ry’umukara cyane, dore ko nubundi icyo iyo miti imaze arugutuma umusatsi uhinduka umukara kurushaho.   Ikindi kiza cyo gukoresha iyo miti ihindura umusatsi umukara kurushaho n...
Byinshi wamenya kuri ‘Eggplant Deformity’ indwara ituma igitsina cy’umugabo kivunika

Byinshi wamenya kuri ‘Eggplant Deformity’ indwara ituma igitsina cy’umugabo kivunika

Ubuzima
Ubusanzwe Eggplant Deformity ni indwara ituruka kuri Penile Fracture ari nayo tugiye kwibandaho muri iyi nkuru mu rwego rwo gufasha abagabo kuyirinda. Penile Fracture ni impanuka igitsina cy’umugabo gihura nayo mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina  cyangwa igitsina cyafashe umurego mu buryo budasanzwe.Bimwe mu bimenyetso bizakwerekako igitsina cyawe cyakoze impanuka harimo; Kuva amaraso, gucika udusebe duto,kunyara bigoranye n’ibindi bitandukanye. Abahanga bavuga ko uburyo bwo kuvura umuntu urwaye iyi ndwara ari ukumubaga cyangwa kumwitaho murugo iwe.Kuvunika kw’igitsina ntabwo bitera ingaruka cyane nko kuba igufa ryavunika, aha ni mu gihe hamwe hagaragaza ugushyukwa kw’umugabo haba hangiritse [Corpora Cavernosa na Penile Sheath].Kubera ko iyi mpanuka ya ‘Penile Fracture’ itera ‘Eggp...
Ubushakashatsi: Kurya amafi cyane byongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda bigatuma abagore basama vuba

Ubushakashatsi: Kurya amafi cyane byongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda bigatuma abagore basama vuba

Ubuzima
Hari ibiganiro mpaka bikunze kubaho hagati y’abantu n’abandi , bigendanye n’uko hari amafunguro amwe n’amwe yongerera abagabo akanyabugabo mu gitanda mu gihe bari kumwe n’abo bashakanye.Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko rero kurya amafi cyane bigirira abagabo akamaro bitewe na vitamin ziyasangwamo aribyo tugiye kurebera hamwe. Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe za Amerika, babajije abantu bagera kuri 501 kubyerekeye amafunguro yo mu y’ibikomoka ku nyanja , haba ku gutera akabariro ndetse no gufasha mu gutwita, bavuga ko ku bantu barya amafi n’ibisa nayo bagira amahirwe menshi yo gusama mu gihe kiri munsi y’umwaka. Ubushakashatsi kandi bwagaragaje ko abashakanye barya amafi byibura kabiri mu cyumweru cyangwa kurenza 22% babasha gukora imibonano mpuzabits...