Umwe mu banyamakuru ukora kuri Radio Rwanda uzwi nka Lorenzo yatangaje ibintu byinshi akomoza no kumpamvu abafana na Rayon Sports bakwiye kwakira ibyo guhomba
Rutahizamu ukomeye wo mu gihugu cy’u Bufaransa ukinira ikipe ya PSG Kylian Mbappe yamaze gutangaza ko azayisohokamo amasezerano ye arangiye bikaba bivuze ko azagendera
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 rishyira 14 Gashyantare nibwo hatangajwe ko Umunyekongo Luvumbu Nzinga yatandukanye n’ikipe ye ya Rayons Sports
Ishyirahamwe ry’umukino w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryahannye abasifuzi babiri ribahagaritse nyuma yo gusifura umukino wanyuma wahuje APR FC na POLICE FC mu gikombe cy’Intwari.Abo