Duhozanye Henriette ni umwe mu rubyiruko rwo mu Murenge wa Muhanda , Akarere ka Ngororero witeje imbere binyuze mu mushinga wa Restaurant wanamufashije guhabwa
Frank Habineza wiyamamariza kuyobora u Rwanda yahawe impano y’igitoki n’umuturage bimukora ku mutima. Dr Frank Habineza ukomeje kuzenguruka u Rwanda  yiyamamaza ndetse abwira Abanyarwanda
Dr Frank Habineza ni Umukandida Perezida watanzwe n’Ishyaka rya Democratic Green Party of Rwanda.Abagize iri Shyaka , barifuza ko atorwa kugira ngo imigabo n’imigambi
Mu gikorwa cyo kwiyamamaza ku bakandida ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Ngororero, umuhanzi Mario uzwi nka ‘Mario Ngororero’ yabasusurukije mu ndirimbo yise ‘Tora
Ku wa Kabiri tariki 25 Kamena 2024, Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party of Rwanda] ryijeje abaturage bo mu Karere ka
Kuri uyu wa 25 Kamena 2024, FPR Inkotanyi irakomereza ibikorwa byayo mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge.Ibi byatumye abaturage batandukanye barara ijoro
Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije ‘Democratic Green Party of Rwanda’ Dr Frank Habineza , yijeje abaganga umushahari uri hejuru naramuka atorewe kuyobora