Byirinde ! Dore ibintu abagabo banga urunuka ariko bigakunda gukorwa cyane n’abakobwa benshi iyo barimo gutera akabariro

03/10/2023 20:49

Igikorwa cyo gutera akabariro ni igikorwa gikorwa cyane hagati y’umugabo n’umugore ndetse bigafatwa nka kimwe mu hintu bigize urugo. Muri icyo gikorwa rero hari ibintu umugore ashobora gukora ariko umugabo akaba atabikunda.

 

Dore ibintu abakobwa bakora abagabo Banga iyo bari mu gutera akabariro:

 

 

 

1.Kurira: Harubwo umugabo n’umugore baba bari mu gikorwa cyo gutera akabariro umugore akarira cyane, burya hari abagabo benshi babyanga ariko ntibapfa kukwerurira ngo babikubwire.

 

 

 

2.Kwigira nkutabyitayeho: Mu gihe muri mu gutera akabariro harubwo umugore cyangwa umukobwa ashobora kwigira kutabyitayeho Kandi Ari igikorwa mirimo mwembi, ibyo bintu abagabo benshi barabyanga.

 

 

 

 

3.Kuvuga mu ndimi zamahanga batazi: Kubera iterambere ryaje harubwo umugore cyangwa umukobwa ajya ku mbugankoranyambaga maze bakumva amagambo akoreshwa nabazungu mu gikorwa cyo gutera akabariro bityo bajya mu gikorwa nabo bakabigana, mugihe uvuga ayo magambo nabi, umugabo wawe cyangwa umukunzi wawe ntazabyishimira cyangwa ngo abikunde.

 

 

 

4.Gusinzira: Mu gihe muri mu gutera akabariro harubwo umugore cyangwa umukobwa ashobora gusinzira, ibi nabyo abagabo benshi barabyanga cyane.

 

 

 

5.Kuvuga amagambo menshi: Abakobwa ubusanzwe bazwiho kugira amagambo menshi, mu gihe muri mu gutera akabariro iyo uvuze amagambo menshi umukunzi wawe cyangwa umugabo wawe ntabikunda.

 

 

 

6.Guceceka cyane: Guceceka cyane nabyo biba ikibazo iyo umugabo n’umugore bari mu gutera akabariro bishobora kuba ikibazo iyo umugore acecetse cyane hahandi ugira ngo ni igiti. Ibi nabyo abagabo barabyanga.

 

 

 

7.Guhumura nabi- Iki ni ikintu gishobora gutuma umukunzi wawe akwanga wowe mukobwa, mu gihe muri mu gutera akabariro umugabo akumva uhumura nabi cyane bishobora kubatanya ndetse abagabo benshi barabyanga cyane.

 

 

 

8.Kubaza ibibazo byinshi- Harubwo umukobwa cyangwa umugore aba Ari gutera akabariro n’umugabo we akajya abaza umugabo we ibibazo byinshi Kandi bari mu gikorwa, ibi nabyo abagabo benshi barabyanga cyane.

 

 

 

9.Kureba cyane: Mu gihe umugore cyangwa umukobwa areba umugabo we cyangwa umukunzi we mu maso cyane adahumbya mugihe bari mu gutera akabariro, ibyo nabyo abagabo benshi barabyanga cyane.

 

 

 

10.Kumubwira ibyabakunzi bawe mwashwanye: Kuzana umukunzi wawe mwashwanye ubibwira umugabo wawe mu gihe muri mu gutera akabariro bishobora gutuma umugabo wawe mushwana kuko barabyanga cyane.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Source: www.yourtango.com

Advertising

Previous Story

Babwiranye amagambo y’urukundo ! Michelle Obama na Barack Obama bizihije isabukuru y’imyaka 31 bamaze barushinze

Next Story

Nkore iki ? : Umukobwa namwirutseho imyaka ibiri musaba urukundo akarunyima none yarunyemereye namaze kubona undi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop