Burya ni mwiza bihebuje ! Blessings CEO wamamaye cyane yasangije abamukurikira ku rukuta rwa Instagram ifoto igaragaza imiterere ndetse n’ikibero cye gikurura benshi

17/07/2023 19:54

Blessings Okoro wamamaye nka Blessings CEO yatunguranye ubwo yatunguraga abafana be mu mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram.

 

Ubusanzwe uyu mukobwa wamamaye cyane afite imyaka 34 akaba ari umushoramari ndetse akanaba uwamamariza amasosiyete agiye atandukanye.Mu mafoto yashyize hanze uyu mukobwa yagaragaye mu mwenda umubereye yisize ibirungo byiza ndetse umusatsi yawukozeho riraka.

 

Akaba aribyo byashimuse imitima ya benshi bakubitwa n’inkuba kubera ubwiza uyu mukobwa yagaragaye afite kuri ayo mafoto.Kuri ayo mafoto yashyize hanze yakurikiwe n’amagambo agira ati ” umugabo nakwereka uwo ariwe ntukishuke ngo umubonemo ibyo wowe utecyereje.”

 

Abafana nabo kwifata byabananiye bafata iyambere bajya ahandikwa ibitecyerezo umwe ati” ubwiza bwawe ni ntagereranwa.”Undi nawe ati” none se uyu ni wowe cyangwa!! Urasa neza.”

Umwanditsi: Byukuri Domonique

 

Source: mannequin

 

 

Advertising

Previous Story

IMITEZI: Dore ibimenyetso bigaragaza ko urwaye indwara y’imitezi imiti iyivura n’uko wayirinda

Next Story

“Umunsi yansomaga akanankora ku mabere niwo wabaye itangiriro ryo kwangirika ku buzima bwanjye “ ! Pascaline Yakebuye abakobwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop