Biteye isoni ! Umucyekuru w’imyaka 64 yafashwe aryamanye n’umuhungu w’imyaka 12 bivugwa ko ari umwuzukuru we

07/08/2023 09:12

Mu gihugu cya Tanzania umucyekuru w’imyaka 64 yafunzwe n’abashinzwe umutekano nyuma yo gufatwa aryamanye n’umuhungu w’imyaka 12.

 

Ngo bijya gutangira, uyu mucyekuru byatangiye yigira inshuti kuri uyu mwana w’umuhungu ukiri muto mu myaka ndetse nigihagararo.

Bivugwa ko ngo uyu mucyekuru Atari agishimishwa mu buriri n’abari mi kigero cye mbese abari mu myaka ye ya za 60 kuzamura, kandi akabona atazabona uko yoshya abari mu myaka ya za 30 kuko ngo baba bakuze bazi ubwenge ngo baze bamuryohereze mu buriri.

 

Niko kwigira inama yo kwigira inshuti kuri uwo mwana w’umuhungu ukiri muto dore ko afite imyaka 12 kuko ngo yari yizeye ko ariwe uzabimukorera neza akaryoherwa.

Kubera ko uyu mwana w’umuhungu yari uw’umwana we , ni ukuvuga ko yari umwuzukuru we byari byoroshye guhita afatisha uyu mwana akamwoshya byoroshye cyane ko ngo uyu mucyekuru yashakaga ko baryamana badakoresheje agakingirizo.

 

Ababyeyi b’uwo muhungu baje gutangira kubicyeka nk’uko ikinyamakuru Hotnews21 dukesha iyi nkuru kibitangaza. Ngo nibwo bafashe uyu mucyekuru ari kumwe n’umwana wabo mu buriri bihutira kwitabaza inzego zibishinzwe.

Ubu uyu mucyekuru yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano muri iki gihugu cya Tanzania.

Source: Hotnews21

Advertising

Previous Story

Umukobwa yasanzwe muri Pisine yapfuye

Next Story

Hamenyekanye igishobora gutuma umusozi umwe wo mu Rwanda uhora waka umuriro w’amayobera

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop