Bari mu buryohe! Umunyarwandakazi ari mu kwa buki n’Umwongereza umukubye mu myaka

16/01/2024 07:40

Umunyarwandakazi Uwamahoro Claudine n’Umwongereza Simon Duczuk wabaye Umudepite wo mu Ishya ry’Abakozi ( Labour Party), mu myaka 7 bari muri Kigali mu kwezi kwa Buki.

 

Simon Duczuk na Claudine Uwamahoro bamaze amezi agera kuri 5 bakoze ubukwe dore ko barushinje muri Kanama 2023 bamaze umwaka bahuye ubwo Simon Duczuk yari yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’ubushabitsi.

 

Nyuma yo guhura bagakundana bahisemo kubana akaramata , bemeranya ko bazaba mu Rwanda cyane gusa ngo bakajya bacishamo bakajya mu Bwongereza gusura abana b’uyu mugabo na cyane ko Uwamahoro Claudine ari umugore we wa Gatatu.

 

Nk’uko byagaragajwe n’amafoto yabo , bari mu byishimo byinshi , mu myambaro y’ababa bari kumazi.Uyu mugabo yagaragaje ko akunda cyane Uwamahoro Claudine avuga ko bazagura umubano wabo.

 

Simon yashakanye na Sonia Rossington , babyarana abana babiri, yongera gushakana na Karen Burke.

REBA AMAFOTO.

Advertising

Previous Story

Meddy yatakambiye Imana mu ndirimbo nshya yakoranye na Adrien Misigaro – VIDEO

Next Story

Dore ibintu ukwiriye gukorera uwo mukundana buri munsi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop