Advertising

“Bari bameze nk’abakundana” ! Umuhanzikazi Camila Cabello na Shawn Mendes ntabwo bigeze bakuranaho ibiganza mu gitaramo cya Taylor swift -AMAFOTO

29/05/2023 08:13

Muri iki gitaramo cyabaye ku munsi wo ku wa Gatanu , aba bombi ntabwo bigeze bakuranaho ibiganza dore ko abari bashinzwe gufata amafoto aribo bafotoye bonyine.

 

Camila Cabello na Shawn Mendes byagaragaraga ko bakundana kuko bakora ibyabantu batabanye mu buryo busanzwe aho bari bicaye mu myanya y’icyubahiro.

 

Ikinyamakuru Daily Mail gitangaza ko Camila Cabello w’imyaka 26 y’amavuko na Shawn Mendes w’imyaka 24 bashobora kuba bakundana.Iki kinyamakuru gikomeza gitangaza ko mu mwaka wa 2019 aribwo aba bombi bongeye kugaragara bari kumwe agatoki kukandi ubwo isi yari mu bihe bya Covid 19.

Previous Story

“Banyita amazina atandukanye kandi bansebya” ! Umugore ufite ubwanwa n’ubundi bwoya bw’abagabo yagaragaje uburyo abangamirwa n’abantu bamwita amazina

Next Story

Ezy Greek wakanyujijeho mu ndirimbo ya Juno Kizigenza yinjiye mu muziki

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amavubi yatsinze Benin ayirusha

Ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi yatsinze Bénin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’afurika 2025 kizabera muri Morocco, n’Umukino w’Umunsi wa 4 mu
Go toTop