Bakobwa mwirinde ibigare ! Kubera ikigare natangiye kuryamana n’abasore mfite imyaka 16 gusa

by
30/08/2023 10:37

Ubusanzwe abakobwa benshi ni bamwe mu bantu bazwiho kugira ibigare byinshi bagenderamo, byakugora kubona umukobwa ubaho nta gikundi agenderemo bitewe naho ari.

 

 

Umugore umwe yafashe iyambere mu guhwitura abakobwa abagira inama yo kwitondera ibyo bigare bagendamo kuko bashobora kwisanga aribyo bibangirije ubuzima burundu.

 

Ubwo uyu mugore yagiranye ikigaragara n’ikinyamakuru kitwa kingdom FM nibwo yavuze ko nawe ikigare cyatumye atangira kuryamana n’abagabo akiri muto.

Uyu mugore witwa Kisa ubusanzwe amakuru ahwihwiswa ko yafashwe kungufu ubwo yari afite imyaka 16 ariko we yivugiye ko atigeze afatwa kungufu.

 

Yivugiye ko inshuti yari afite icyo gihe ubwo yari afite imyaka 16 arizo zamwoheje ngo ajye aryamana n’abagabo ngo bamuhe amafaranga.

 

Yakomeje avuga ko ubuzima bwe nubundi bwamugoye cyane ko ngo Atari afite ababyeyii ngo bamwiteho bamugire inama mu buzima.

 

Yavuzeko kandi usanga abakobwa benshi hano hanze bakora iyo bwabaga ngo babe ibyamamare Aho batanga imibiri yabo kubabazamura ngo bamamare.Yasoje agira inama abakobwa kunyurwa n’uko bari mbese nibyo bafite Kandi bakirinda ikigare kibi.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Umuhanzi Ross Kana yashyize avuga ko ariwe wihereye Element indirimbo ye ‘Fou de Toi’ kubera ko yari amwizeyeho abafana benshi ahishura ko ubu nta nigiceri yayibonaho

Next Story

Nari umusore w’amafuti menshi niruka mubakobwa” ! Pastor Hubert uzwiho gutanga inama zifasha abantu kubaka Ingo nziza yagarutse kubyamuranze mubusore

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop