Advertising

Bakobwa mwirinde ibigare ! Kubera ikigare natangiye kuryamana n’abasore mfite imyaka 16 gusa

by
30/08/2023 10:37

Ubusanzwe abakobwa benshi ni bamwe mu bantu bazwiho kugira ibigare byinshi bagenderamo, byakugora kubona umukobwa ubaho nta gikundi agenderemo bitewe naho ari.

 

 

Umugore umwe yafashe iyambere mu guhwitura abakobwa abagira inama yo kwitondera ibyo bigare bagendamo kuko bashobora kwisanga aribyo bibangirije ubuzima burundu.

 

Ubwo uyu mugore yagiranye ikigaragara n’ikinyamakuru kitwa kingdom FM nibwo yavuze ko nawe ikigare cyatumye atangira kuryamana n’abagabo akiri muto.

Uyu mugore witwa Kisa ubusanzwe amakuru ahwihwiswa ko yafashwe kungufu ubwo yari afite imyaka 16 ariko we yivugiye ko atigeze afatwa kungufu.

 

Yivugiye ko inshuti yari afite icyo gihe ubwo yari afite imyaka 16 arizo zamwoheje ngo ajye aryamana n’abagabo ngo bamuhe amafaranga.

 

Yakomeje avuga ko ubuzima bwe nubundi bwamugoye cyane ko ngo Atari afite ababyeyii ngo bamwiteho bamugire inama mu buzima.

 

Yavuzeko kandi usanga abakobwa benshi hano hanze bakora iyo bwabaga ngo babe ibyamamare Aho batanga imibiri yabo kubabazamura ngo bamamare.Yasoje agira inama abakobwa kunyurwa n’uko bari mbese nibyo bafite Kandi bakirinda ikigare kibi.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Previous Story

Umuhanzi Ross Kana yashyize avuga ko ariwe wihereye Element indirimbo ye ‘Fou de Toi’ kubera ko yari amwizeyeho abafana benshi ahishura ko ubu nta nigiceri yayibonaho

Next Story

Nari umusore w’amafuti menshi niruka mubakobwa” ! Pastor Hubert uzwiho gutanga inama zifasha abantu kubaka Ingo nziza yagarutse kubyamuranze mubusore

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop