Bagutegekaga gusambana n’imbwa bagafata amashusho ! Damaris yagowe n’ubuzi bw’uburaya

30/01/2024 11:48

Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugore witwa Damaris wo mu gihugu cya Kenya wavuze uburyo yategekwaga kuryamana n’imbwa cyangwa ukicwa Kandi ko waryamanaga nizo mbwa bari gufata amashusho.Uyu mugore yavuze ko yavukiye mu gace kitwa Naivasha avuka asanga ari nyina gusa uhari. Yakomeje avuga ko nyina umubyara yaje gupfa ubwo yari akiri muto cyane. Mu buryo bwo gushakira ubuzima abavandimwe be byatumye ajya kuba indaya ishobora mu busambanyi.

Icyakora avuga ko hashije igihe kinini yaje guhura n’umugabo baje kubana ndetse bakaba barabyaranye abana 3. Gusa umugabo we yaje guhinduka akajya azana abandi bagore bakaryamanira mu maso ye bityo bituma yahukana asiga umugabo we aragenda.Ibyo byaje gutuma yongera gusubira mu buraya kugira ngo abone uko yita ku bana be. Nibwo yaje kugirwa inama n’umwe mu nshuti ze umubwira ko akwiye kujya gushaka abakiriya mu ma hotels ko ariho yabona amafaranga menshi atubutse cyane.

Nyuma yo guhagarara iminota 30 ku muryango we hotel, abagabo 3 baraje ngo batangira kumubaza uko bimeze ndetse bamwinjiza mu modoka bamubwira ko bagiye mu kabyiniro Hari inzoga ndetse ko aribwo bari bwishime cyane.Bari bamwemereye kumuha ibihumbi ndetse ngo cyari igiciro kiza Kuri we. Ngo abagabo bajyanye mu kabyiniro baranywa baranezerwa ndetse ngo bagura n’ibiyobyabwenge. Bigeze saa 3 za mu gitondo we n’inshuti ye basabye abo bagabo ko babasubiza aho babakuye ariko baranga babajyana ahandi batazi.

Muri iyo modoka ngo harimo imbwa Nini cyane ndetse babaha itegeko ko bagomba kuryamana niyo mbwa ndetse babikora bari gufata amashusho. Birangiye ngo babasubije mu modoka bajya kubajugunya aho babakuye ndetse bagenda nta mafaranga babishuye.Uyu mugore yavuze ko kuva ubwo yahise azinukwa ikintu cyo gucuruza umubiri we ndetse ko atongeye kubikora ukundi.

 

Source: Mururi Tv

Advertising

Previous Story

Umukobwa yasutse amarira nyuma yo kubona amafoto y’ubukwe y’umusore bari bamaze imyaka 3 bakundana

Next Story

Umusore yishe umukobwa bakundanaga wiga muri kaminuza amuziza ko yaryamanaga n’abandi basore

Latest from HANZE

Go toTop