Kaminuza ya UTAB iherereye i Byumba mu Karere ka Gicumbi yaherewe igihembo mu Imurikabikorwa ryaberaga mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze.Ni igihembo yahawe
Minisiti w’umutekano w’imbere mu gihugu , Dr. Vincent Biruta n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (ICP) , CG Felix Namuhoranye bari mu ruzinduko rw’akazi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana James Niyonkuru wo mu gihugu cy’Uburundi, yahuje imbaraga na Theo Bosebabireba bakorana indirimbo bise Senga yakiriwe neza
Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anitha Pendo wamamaye mu biganiro bitandukanye kuri Radiyo Rwanda [RBA] yerekeje kuri Kiss FM nk’uko byagiye bigarukwaho n’abantu batandukanye barimo
Jihad wamamaye ku mbuga Nkoranyambaga zitandukanye , yavuze ko amashusho yashyizwe hanze ari kwikinishiriza mu buriri ari aye asaba ko uwayashyize hanze nawe bari
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba na Col Dr Etienne Uwimana mu ngabo z’u Rwanda.
AFC/M23 irarega Guverinoma ya kinshansa kutubahiriza agahenge igashyira ibirindiro byazo mu duce M23 yafashe Utwo duce ni Katwa, Itwe, Kikubo, Ubangu, na Kamandi. M23