ASAP Rock na Rihanna bifatanyije n’umwana wabo ku isabukuru ye y’amavuko

15/05/2024 08:30

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ASAP Rocky yifurije RZA umuhungu we w’imfura isabukuru y’amavuko.Ibi yabishyize hanze mu mashusho n’amafoto bari kumwe.

Muri ibi bihe bidasanzwe bashyize hanze, Rihanna na ASAP Rocky bari bacigatiye aba abana RZA na Riot bishimanye.Nyuma yo gushyira hanze amashusho ASAP yagize ati:” Isabukuru nziza y’amavuko ku muhungu wanjye w’imfura RZA”.

ASAP Rocky na Rihanna bashimangiye ko ari ababyeyi bazi kurera nyuma y’imyaka ine bamaranye.Rihanna agaruka ku kuba ari umubyeyi yagize ati:”Byanzaniye izindi ntego mu buzima bwanjye”.

Rihanna yatangaje ko yishimira inshingano ze nk’umwana w’umukobwa umwe mu muryango w’abahungu 4 avukamo.Ati:”Bintera ishema kuba umubyeyi w’abasore”.

Advertising

Previous Story

Zari Hassan yanenze umuziki wo muri Uganda

Next Story

Stevie wonder yahawe Ubwenegihugu bwa Ghana

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop