Asake uzwi nka Mr Money yisukishije Amadorari

26/12/2023 16:47

Umuhanzi ufite abakunzi no mu Rwanda yakoze agashya yisukisha amafaranga y’amadorari.

Ahmed Ololade wamamaye mu kwandika indirimbo no kuziririmba muri Nigeria Asake , yatangaje abakunzi be ubwo yafataga amafaranga y’amadorari akayisukisha mu mutwe.

Nk’uko bigaragara mu mashusho yashyizwe kumbuga nkoranyambaga uyu muhanzi yari yicaye asa n’uwerekana umusatsi we ufungishije amafaranga [ Dollars ].

Bamwe bagaragaje ko bidakwiye ko afata amafaranga ngo ayakoremo ibyo kwihambiza umusatsi hari ababuraniwe.Uwitwa Oba we yavuze ko aya mafaranga ashobora kuba atari ayanyayo agaragaza ko hari abayabuze.

 

Advertising

Previous Story

Niba nta rukundo mfite , mfite ubusa

Next Story

Kwa Beyonce hafashwe n’inkongi y’umuriro

Latest from Imyidagaduro

Go toTop