APR FC na Sunrise zisobanuye

10/02/2024 19:58

Ni umukino wabereye kuri Pele Stadium kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Gashyantare 2024.Uyu mikono waranzwe n’ishyaka ryinshi aho APR FC yahushije ibitego byinshi by’umwihariko umukino ugeze hafi ku munota wa 70 aho APR FC yahushije igitego cyari cyabazwe n’abafana ndetse n’abasimbura bayo.

Muri uyu mukino APR FC yashakaga gutsinda kugira ngo igereke itsinzi ya Sunrise yayingore ku ya Musanze FC nayo yaherukaga gutsinda bigoranye ibitego 3 kuri 1 aho wari umukino waranzwe n’imvura yagoye impande zombi.

Ni umukino watangiye ku isaa 18H00′ z’umugoroba.Igitego cyabonetse , cyatsinzwe na Shaiboub ku munota wa umwe mu banyamahanga ba APR FC bakomeje kuyigirira umusaruro.

UKO INDI MIKINO YARANGIYE

Gorilla FC 0-1 Kiyovu Sports
Amagaju 2-1 AS Kigali
Etincelles FC 1-1 Etoile De L’Est

Ku munsi w’ejo ku wa Mbere, RAYONS SPORTS izakina na Police FC

Advertising

Previous Story

Amagaju FC yihereranye As Kigali

Next Story

Queen Cha yasubije amaso inyuma ku ndirimbo yakoranye na Fire Man agira icyo asabwa n’abafana

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop