Ange Kagame yatangaje amazina y’abana be

20/07/2023 10:41

Ange Kagame , yatangaje amazina y’abana be b’abakobwa dore ko umwe afite imyaka 3 undi akaba afite umwaka 1 w’amavuko bombi yabyaranye n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.

 

Umwana w’imfura ya Ange Kagame na Ndengeyingoma Bertrand yavuze tariki 19 Nyakanga 2020 yitwa Anaya Abe Ndengeyingoma , yujuje imyaka 3 y’amavuko.

 

Ubuheta muri uyu muryango akaba umwuzukuru wa Kabiri wa Perezida Paul Kagame Amalia Agwize Ndengeyingoma  yujuje umwaka umwe w’amavuko dore ko yavutse tariki 19 Nyakanga 2022.

 

Mu butumwa Ange Kagame yanyujije kurukuta rwe rwa Twitter , yashimiye Imana yamuhaye abana nk’Impano y’Agaciro mu buzima bwe .

 

Ange Kagame ubuheta bwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame , tariki ya 6 Nyakanga 2019 nibwo yasezeranye kubana akaramata na Ndengeyingoma Bertrand

Advertising

Previous Story

Imbamutima za Aline Gahongayire nyuma y’uko ahuye na Angeline Ndayishimiye [AMAFOTO]

Next Story

Igikorwa gifatwa nk’umugenzo wo gukeba imyanya ndanga gitsina y’abakobwa munzira zo kwamaganwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop