Ikipe y’Amavubi n’ikipe ya Zimbabwe bigiye gukira kuri Stade ya Huye mu Mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi kizaba muri 2026.
Â
Kuri ubu ikipe y’Igihugu Amavubi igiye gukina uyu mukino nyuma y’aho abakinnyi bayo bijeje itsinzi abafana bayo , badaheruka kuyibona itsinda.
Â
Uyu munsi iyi kipe igiye gukina Zimbabwe mu gihe , umukino wa mbere ufungura itsinda , muri iyi mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’ISI.

Â