Agezweho ! Guverineri Habitegeko Francois wayoboraga Intara y’Iburengerazuba yakuwe ku mirimo ye na H.E Paul Kagame

28/08/2023 21:24

Habitegeko Francois wari umuyobozi w’Intara y’Iburengerazuba , yakuwe kumirimo ye na Nyakubahwa wa Repubulika y’u Rwanda hamwe na Madamu Esperance Mukamana.

Nk’uko byanyujijwe mu itangazo rigira riti:”Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112;

Ashingiye kandi ku Itegeko No 14/2013 ryo ku wa 25/03/2013  rigena imitunganyirize n’imikorere by’Intara cyane cyane mu ngingo yaryo ya 9;

None ku wa 28 Kanama 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yavanye mukazi abayobozi bakurikira ;

1.Bwana Habitegeko Francois , wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba ;

2.Madamu Esperance Mukamana wari umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubutaka.

Bikorewe i Kigali ku wa 28 Kanama 2023,

Advertising

Previous Story

Burya yakoze ubukwe muri 2003 akorerwa n’ihohoterwa ! Byinshi wamenya ku mugore wa Sintex utari uzwi n’Abanyarwanda benshi

Next Story

Sinzigera mbyara umwana yambangamira ! Ku myaka ye 45 umugore yavuze ko aticuza umwanzuro yafashe wo kutazabyara mu buzima bwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop