Abakobwa gusa : Dore uko washimisha umusore mukundana ukoresheje amagambo

06/10/2023 09:14

Niba uri umukobwa ushobora kuba ugorwa no gushimisha uwo wihebeye nyamara ari ibintu bitagoye.Muri iyi nkuru turakurangira amagambo Ushobora kwifashisha ukamukora k’umutima.

 

 

N’ubwo twabyita ko ari amagambo abakobwa bakeneye nyamara n’abasore cyangwa abagabo barayakeneye nabo kuko iyo uyabwiye uwo wihebeye murushaho gukundana.

 

1. NTUSANZWE : Iteka abasore bahorana ibibazo bitandukanye byo kwibaza niba koko bambaye neza, niba bari kugaragara neza, niba ishati yambaye isa neza , niba ari guhumura neza n’ibindi. Kuba umukobwa yamwegera akamwerekako yambaye neza , asa neza biramushimisha cyane.

 

2.NDAGUKUNDA: Iri jambo rituma ashira ubwoba. Ahari uyu musore ahorana ubwoba bwuko mushobora kuba mutari munzira nziza zo gukundana kuburyo atazi neza niba yakwizera.Kukubwira ko umukunda rero biri mu bituma urukundo rwanyu rudasaza.

 

3.NKUNDA IYO WITWAYE GUTYO : Umukunzi wawe akeneye kumva iryo jambo mu gihe hari ibintu akoze.

 

4.URIYA MUKOBWA ARAKUREBYE : Ibi bimwerekako utamubonye ngo ugire isoni cyangwa ubwoba bwo kumubwira hari undi umurebye.

 

5. URI MUKURI : Buri musore akunda umukunzi umushyigikira.

src: Yourtango

Advertising

Previous Story

Ubushakashatsi: Dore impamvu abana baseka iyo basinziriye

Next Story

Namushakiye umwarimu ! Bruce Melodie yavuze ko kwinjira muri muzika k’umukobwa we Itahiwacu Britta wagaragaje ko azi gucuranga ari amahitamo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop