Advertising

Abakobwa gusa : Dore ibintu bishobora gutuma umukunzi wawe yikundira undi mukobwa

03/10/2023 09:14

Gukundana ni ikintu kiza ariko bikaba ikintu kibi iyo ubona umukunzi wawe atangiye gukunda undi, bishobora guterwa nimyitwarire yawe.

 

Dore ibintu bishobora gutuma umukunzi wawe yikundira undi mukobwa:

 

1. Kumukinisha: Ushobora kuba ufite umukunzi ariko ukaba ukunda kumukinisha cyane, bishobora gutuma umukunzi wawe atangira gutereta undi mukobwa

2.Kumugendaho: Harubwo ukundana n’umukobwa ariko agakunda kukugendaho acunga ibintu byose ukora mbese ataguha amahoro, ibyo bishobora gutuma umukunzi wawe ajya gutangira gutereta undi mukobwa.

 

3.Kwinjira muri telephone ye: Abakobwa benshi barabikora kujya kureba ibyo Umusore bakundana akora muri telephone.Ibyo mu gihe umusore mukundana abibonye ashobora guhita akwanga akajya gutereta undi mukobwa.

 

4.Kumugereranya n’abandi: Iyo ugereranya umukunzi wawe nundi musore cyangwa abasore mwakundanye, ibi nabyo bishobora gutuma umukunzi wawe ajya gutangira gutereta undi mukobwa.

 

5. Kwifatira imyanzuro: Mu gihe umukobwa afite umukunzi ariko akaba atamwemerera ku gira uruhare mu myanzuro runaka, nabyo bishobora gutuma umukunzi wawe cyangwa uwo musore ajya gutangira gutereta undi mukobwa.

 

Source: News Hub Creator

Previous Story

Diamond Platnumz yahishuye uko Zari Hassan yamwifujeho abandi bana kugeza ubwo amubwiye ngo babyarirwe n’undi mugore bamwishyure

Next Story

Yarafunzwe afunguwe aburirwa irengero ! Byinshi wamenya kuri Pedro umwicanyi ruharwa wa Mbere ku Isi wishe abantu barenga 300 ndetse akanabafata kungufu

Latest from Inkuru z'urukundo

Amoko 10 y’urukundo

Urubuga Elcrema rutanga inama ku mibanire rugaragaza ko urukundo ruri mu moko 10 benshi bitiranya kubera ko batabisobanukiwe: Urukundo rusanzwe: Uru ni urukundo rugaragara
Go toTop