Abakinnyi barimo Mangwende , Byiringiro Lague na Mugisha Bonheur bitabye amavubi mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi

14/11/2023 08:57

Mu masaha y’igica munsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Ugushyingo 2023 nibwo aba bakinnyi Mangwende, Byiringiro Lague na Mugisha Bonheur bageze mu Rwanda.

 

Aba bakinnyi bitezweho gufasha Amavubi mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi kizaba mu 2026 kikabera muri Amerika Mexico na Canada.

 

Aba bakinnyi bose uko ari 3 bahagereye rimwe aho byitezwe ko bahita bajya gufasha bagenzi babo mu myitozo.

 

Byiringiro Lague ukina muri Sued afite icyizere cyo guha Abanyarwanda ibyishimo badaheruka.

Ikipe y’Igihugu Amavubi ntabwo iheruka gutsinda ngo ishimishe Abanyarwanda. Iyi kipe kandi ishinjwa kutajya mu Mikino Nyafurika nk’andi makipe agize Afurika y’Iburasirazuba.

Advertising

Previous Story

Amafaranga yo gufasha Mr Ibu barikuyarwaniramo ! Umuhungu wa Mr Ibu yavuze ko ariwe ushinzwe aya mafaranga mu gihe umugore we ngo yayahejwemo

Next Story

Dore ibirungo bikwiye kubafasha gushimishanya mu buriri kuri mwe mwashakanye

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop