Advertising

Abaganga batunguwe nyuma y’umugore wapfuye nyuma y’amasaha 17 arazanzamuka agira icyo yisabira umuhungu we Tim

17/10/2024 18:58

Velma Thomas wo muri Virginia ubwo yajyanwaga mu Bitaro igitaraganya ku ibwikibazo cy’umutima we.

Ubwo yagezwaga kwa muganga abaganga baramwakiye ndetse bakora ibishoboka byose ngo baramire ubuzima bwe. Gusa ntibyaje kugenda neza kuko nyuma  yaje gupfa.

Ubwo yari amaze amasaha 17 yapfuye, abaganga batangiye gutegura uko bamukuraho bimwe mubice bw’umubiri we bigahabwa ababikeneye.

Icyaje gutungura abaganga nuko ubwo igikorwa cyari kigiye gutangira cyo kumukuraho bimwe mubice by’umubiri we uyu mukecuru Velma yazanzamutse agira  icyo abwira umuhungu we Tim.

Tima nyuma y’ubwobwa bwinshi ndetse no kucanganyikirwa yavuze ko mama we yamubwiye ko ‘ amuzaniye ubutumwa buturuka ku Mana ko aho agiye ari heza ndetse ngo ari kumva afite amahoro nituze, kuko yakoze ibyiza akaba agiye kugororerwa’.

Agisoza gusezera umuhungu we Tim,  uruhurwe rwahise rusa naho rukomeye ndetse ibiganza n’amano aragagara. Bikaba ikimenyetso cy’uko apfuye.

Ibi byabaye abaganga basobanuye ko byitwa Lazarus Syndrome aho umutima wahagaze ushobora kongera kwakira ubushyuho uburyo butangaje. Umuntu akongera agahumeka akuka kanyuma nubwo bidakunze kumara iminota micye.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Nikita Porwal yabaye nyampinga w’U Buhinde

Next Story

Umugabo wareze abana bagakura nyuma agasanga ari ab’umuzamu we yarize ayo kwarika ! Niwumva ibyo yatangaje urababara

Latest from HANZE

Go toTop