Abagabo gusa : Itegereze ibi bimenyetso nubibona uzahita umenya niba umugore wawe yaratangiye kuguca inyuma

29/09/2023 07:34

Inkuru y’uyu munsi iragufasha kumenya niba umugore wawe aguca inyuma ukoresheje ibimenyetso.

 

Umubare munini w’abashakanye uhora wibaza iki kibazo, Ese umugabo / umugore wanjye anca inyuma ? Ibi biterwa n’uko hagati y’abo hakirimo icyuho kinini cyane ndetse bakeneye gukomeza gukundana no gushimangira ko bakundana.

 

Mu rwego rwo kubafasha kugabanya gushidikanya , muri iyi nkuru harimo ibimenyetso by’ibanze bizereka wowe mu gabo ko umugore wawe yagushakiyeho undi.

 

1.Iteka ahora arinda telefone ye: Umugore uguca inyuma, nta narimwe azakwemerera ko wowe umukorera kuri telefone, azakoresha imbaraga zose zishoboka ariko ntuzayikoraho.Ibi nibiba rero ujye umenya ko hari ikintu arimo kuguhisha.

 

2. Ntabwo ajya aterwa ubwoba no kuba yakubura : Umugore ugukunda amenya uko yagufasha muri buri kimwe , arakurwanirira kuko aba adashakako ugenda, ndetse bituma urukundo rwanyu ruzamuka cyane.

 

Gusa umugore utagiterwa ubwoba no kukubura, uwo yamaze kuraruka kera cyane.

 

3.Afite ibindi bintu agira nyambere: Ntabwo ukiri nyambere y’ibyo akora. Umugabo aba agomba kuba nyambere mu buzima bw’umugore we ndetse akamuba hafi cyane.

 

Kumugore utagukunda , uguca inyuma ikibazo kizavuka igihe uzatangirira kumubwira kukugira nyambere.

Advertising

Previous Story

Umukobwa w’uburanga Aliah Cool yahaye nyina umubyara impano y’imodoka amusezeranya ibirenze

Next Story

Abarundi tuvuga ururimi rumwe ! Ally Soudy yasutse amarangamutima ye mbere gato y’uko The Ben asabana n’abafana be

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop