Umuraperi Fizzo Mason yakoze mu nganzo ahuza imbaraga na Joshari bashyira hanze iyo bise ‘Zabada’ – VIDEO

05/11/2023 14:53

Umuraperi wamamaye mu njyana ya Hip Hop Fizzo Mason ,yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Zabada’ ishingiye ku nkuru y’urukundo.

 

Mu kiganiro , Fizzo Mason yagiranye na UMUNSI.COM yavuze ko iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru y’urukundo hagati y’abantu babiri

Mu magambo ye yagize ati:” Iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru y’urukungo rwa babiri Iyi ndirimbo ‘Zabada’ irazimije ariko n’ibyagihanzi , uwayumvise ashobora guhita ayamenya”.

 

 

Fizzo Mason ni umuraperi utajya acika intege muri muzika ye na cyane ko yatangiye kuwukora kuva kera.Uyu muhanzi yatangaje ko nyuma y’iki gihangano gishya afite indi mishinga arimo gutegura.

 

Previous Story

Diamond Platnumz yongeye kugaragara mu mashusho ari gusangira n’umugabo wa Zari Hassan bahuje urugwiro

Next Story

MU MAFOTO: Irebere uburanga bwa Ndekwe Paulette ugiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Cosmo World 2023

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop