Advertising

Miss wa Argentine nuwa Puerto Rico nyuma yo guhanganira ikamba ry’abanyampinga b’ubwiza n’uburanga n’ubwenge bahise bashyingiranwa biyemeza kubana

30/06/2023 10:06

Mariana Valera wabaye Miss wa Argentine na Fabiola Valentin wa Puerto Rico nyuma yo guserukira ibihugu byabo mu Marushanwa yaba Nyampinga bahize abandi mu bihugu byabo bagaragaje ko bakundana.

Nyuma yo guhagararira ibihugu byabo , Mariana na Fabiola Valentin baherutse gushyira hanze amashusho agaragaza iby’urukundi bafitanye bombi dore ko bagaragaza ko bakundana nk’umugabo n’umugore abantu bavuga ko isi igeze aharindimuka abantu batatiye ubumuntu n’amahame y’Imana nyuma yo kubona abakobwa beza babaye Aba-Miss biyemeza ibyo bintu.

Muri aya mashusho bashyize hanze bagaragaje ibihe byiza bagiranye birimo n’ubukwe bwabo.Aya mashusho kandi aherekezwa n’ibihe bagaragaje bombi bambaye imyambaro y’umweru ishimangira ko bombi bagiye kubana akaramata muri Puerto Rico.Aba bombi bemeza ko nyuma y’igihe kitari gito bakundana mu ibanga, ibyabo biyemeje kubishyira hanze.

Src: Imirasiretv.com

Previous Story

Amashusho ya Dj Briane arikubyinana n’inkumi yatunguye benshi

Next Story

Umugore ufite isura nk’iyabana ndetse akavuga nk’abana akomeje kubabazwa n’uko abantu bamwita umwana kandi akuze

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amavubi yatsinze Benin ayirusha

Ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi yatsinze Bénin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’afurika 2025 kizabera muri Morocco, n’Umukino w’Umunsi wa 4 mu
Go toTop