Advertising

Dore impamvu ukwiriye kunywa amazi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina

13/04/2023 07:23

Ni ingenzi cyane kunywa amazi mbere yo gutera akabariro kubashakanye cyangwa abandi bashaka kugira ibihe byiza mu gihe batera akabariro.

Ibi byiza byo kunywa amazi mbere yo gutera akabariro kubashakanye byatangajwe n’ikinyamakuru WebMD kigaragaza ko iyo umuntu yanyoye amazj mbere y’igikorwa nyirizina, umubiri we uba ‘Hydrated’ ukabobera mu buryo buhagije bigafasha umuntu mugikorwa cyo gutera akabariro.

Iki kinyamakuru WebMD gitangaza ko umuntu ashobora kunywa amazi kugira ngo umubiri we ndetse n’ubwonko bibashe gukora neza muri iki gihe ari kumwe n’umugore we.

Umugore wanyoye amazi mbere yo gutera akabariro, igitsina cye kirabobera bikamufasha kuryoshya igikorwa hagati ye n’uwo bashakanye.Kunywa amazi mbere y’igikorwa nyirizina bifasha umubiri kwakira ibyo arimo ndetse n’amaraso agatembera neza.

Ibi bigira akamaro kandi mu gihe cyo kwihagarika hagati y’abakora igikorwa cyo gutera akabariro.Uca ukubiri na bagiteriya ndetse n’izindi ndwara.Niba ushaka gufasha uwo mwashakanye kuryoherwa nywa amazi mbere.

src: WebMD

Previous Story

Byinshi wamenya kundwara yo gususumira

Next Story

Teta Nicholette yakebuye urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga ashimira umukuru w’igihugu Perezida H.E Paul Kagame

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop