Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina

11/01/2024 08:05

Umuhanzi Ykee Banda yakoranye indirimbo na Marina nyuma y’igihe ahawe akazi ko kuba umwe mu bayobozi b’ikigo cy’amashuri cyitwa Golden High School giherereye ahitwa Nsangu muri Uganda.

Aba bombi Marina na Ykee Banda bakoze iyi ndirimbo bise ‘Ndokose’ yaje kuzuza inzozi z’uyu muhanzikazi zo gukorana indirimbo na Ykee Banda.

Si ubwambere Ykee Banda akoranye n’abanyarwanda kuko yakoranye indirimbo na Butera Knowless bayita Bado.

Ykee Banda kandi yakoranye indirimbo na Uncle Austin bayita Umbrella.We yaherukaga iyo yise Kyekiliwo imaze ibyumweru 3.

Advertising

Previous Story

Umukinnyi uvuga ko yavutse mu 1990 nyina agapfa mu 1986 ari mu mazi abira

Next Story

Meddy yifurije isabukuru y’amavuko The Ben

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop