Reginald MacLaren umusaza wihekuye

Yabuze akazi yivugana umugore n’umwana we ku myaka 81

by
06/04/2023 10:47

Umukambwe w’imyaka 81 ari muri gereza nyuma yo gushinjwa icyaha cyo kwivugana umugore we n’umukobwa we n’agashoka.

Reginald MacLaren umusaza wihekuye

Uyu musaza witwa ‘Reginald MacLaren’ bivugwa ko ari we wihamagariye polisi kuwa 25 werurwe kugirango atangaze urupfu rw’umugore we w’imyaka 70 witwa , Bethany MacLaren, ndetse n’umukobwa w’abo w’imyaka 35 witwa ‘Ruth Jennifer MacLaren’.

Apabapolisi bavuze ko basanze imirambo y’abo aho bajugunya imyanda, ariko basanga n’urukezo n’ishoka hafi y’abo.

Uyu mukambwe MacLaren yabwiye polisi ko yapanze kubikora nyuma yo kubura akazi bagahangayikishwa bagiye kubaho nabi ndetse hanze kubera kubura amafaranga . Akavuga kandi ko aticuza ubwicanyi yakoze kubera ko ngo ubu bari ahantu heza.

MacLaren yaburanishijwe kuri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere aho yashinjwe ibyaha bibiri birimo: ubwicanyi ndenga kamere no gutangariza polisi amakuru atari ayanyayo nyuma y’ubwicahyi.

Source: KMGH via CNN Newsource.

Advertising

Previous Story

MU MAFOTO; UKO BAGABANYIJE UMUBYIBUHO MU GIHE GITO

Next Story

“Nsa na Meddy cyane ariko ntacyo Bimariye” Kenny Edwin musaza wa Ange Dabijoux yinjiranye umuziki amaganya.

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop