MU MAFOTO; UKO BAGABANYIJE UMUBYIBUHO MU GIHE GITO

by
06/04/2023 09:42

Ni abantu benshi baba bifuza kugabanya umubyibuho n’ubwo hari n’ababa bifuza kubyibuha . Ariko ibyo akenshi biterwa no kutanyurwa cyangwa amagambo y’abantu. Ariko ku bantu bafite umubyibuho ukabije, batangira gukora siporo ndetse bakava ku biryo bimwe na bimwe.

Gusa bitewe n’uko bitwara igihe kirekire ndetse no guhozaho kugira ngo ibinure mu mubiri bigabanuke, hatekerejwe imiti yajya ibafasha kubyihutisha, batarinze bakora siporo cyangwa ngo bave ku biryo bimwe na bimwe. Iyo yitwa ‘ice hack weight loss’.

Mu mafoto, dore  bamwe mu bayikoresheje mu gihe kitarenze ukwezi bakaba bamaze kugabanya ibiro mu buryo bugaragara;

Ikiza cyo kuba wakoresha iyi miti, iri kugenda ica ibintu hirya no hino yitwa’ice hack’ ni uko udakora siporo kandi ntureke ibyo usanzwe urya, ukayinywa gusa maze ugatakaza ibiro kandi mu buryo bwihuse. Sura urubuga rwa ‘alpilean.com’ maze umenye uko ikoreshwa

Source: www.alpilean.com

Advertising

Previous Story

Umurambo w’umusore bikekwa ko yishwe n’inzoga wasanzwe mu muhanda

Next Story

Yabuze akazi yivugana umugore n’umwana we ku myaka 81

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop