Yababaje benshi ! Umukobwa w’imfubyi yashyingiranwe n’umusaza ku myaka 13 kugira ngo yite ku bana bavukana nawe amubera ikigeragezo

22/06/2023 10:56

Biragora kubaho mu buzima bubi kandi wajya kureba ugasanga niwowe ubazwa inshingano zo murugo.Uyu mukobwa wo muri Kenya yateje benshi agahinda

Yagize ati:” nitwa Emily mfite imyaka 18, Mama umbyara yitabye Imana ubwo yambyaraga naho papa we yarafunzwe nawe aherutse kwitaba Imana aho muri gereza.

Nakuriye mu buzima bukomeye cyane kuko abo mu muryango wanjye n’abandi muri rusange ntago bashakaga kudufasha njye nabo tuvukana.Ku myaka 13 nibwo bampatirije kujya kubana n’umwe mu basaza bari batuye mu gace kacu, kugira ngo mbone uko nita ku bana tuvukana ngo babone uko bajya kwiga kuko bo bari abacyene.

Gusa ntibyambereye byiza kuko nisanze mba mu buzima bubi kurusha ubwo nari mbayeho mbere. Kuko ngo uwo Musaza yabakubitaga we nabo bavukana akabaraza mu mbeho hanze.

 

Nakomeje kubaho nabi, ariko nza kwigira inama yo guhunga urugo kuko twari tubayeho nabi, tujya kubana na masenge wanjye.

Ubwo nageraga kwa masenge n’abavandimwe banjye, twatangiye kubaho neza kuko yadufashe neza ubu kuri ubu meze neza, nasubiye mu ishuri ndetse nabo tuvukana Bose bameze neza.

Ese nibyiza ko yari bujyeyo ? ni iyihe nama waha abasaza nkuyu wakoze ibi?

Source: majira.co.ke

Advertising

Previous Story

“Naraguhemukiye Mbabarira” ! Umukinnyi w’icyamamare muri ruhago Neymar Jr yasabye imbabazi umukunzi we yaciye inyuma atwite

Next Story

Inzobere mu nkundo yavuze amakosa 3 wakirinda mu gihe ushaka kuba mu rukundo rurambye ukarusazana

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop