Wagira ngo ni impanga ! Menya abantu 30 b’ibyamamare basa neza ku buryo wagira ngo baravukana

21/11/2023 18:12

Ku Isi buri wese ngo afite uwo basa.Ibi bituma abantu batandukanye bavuga ngo wowe na runaka murasa ndetse ngo muvuga kimwe.Iyo usubije amaso inyuma ukareba uwo bavuga ko musa, usanga mutaziranye yewe ntanaho muhiriye nubwo abandi bagira bati:”Wasanga so , yaratembereye akabyara umuvandimwe wawe”.

 

Abarimo Bien Baraza , Maika Kageni , Burna Boy na Card B ndetse n’abandi bose bafite abo basa neza neza ku buryo ushobora kugira ngo nibo mwahuye  ukaba wana kwikora mu mufuka ugakuramo telefone mukifotoza wagize ngo nibo mwahuye nk’uko tugiye kubigarukaho muri iyi Nkuru yacu.

 

 

Ibinyamakuru biti:”Erega abahanzi bagira uburyo bagenda n’uburyo bitwara ariko hari ubwo uruhu , indebo n’indeshyo, bituma bagira abo basa”.

 

1.Bien Baraza  na J.B Smoove

Bien Baraza ni umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Kenya , uyu mugabo yagiye agarukwaho cyane mugusa kwe n’umukinnyi wa filime akaba n’umunyarwenya w’Umunyamerika J.B Smoove.Bien Baraza ni umwe mu bari bagize itsinda rya Sauti Sol riherutse gutandukana.

Kurundi ruhande , J.B Smoove , yamamaye muri Filime y’uruhererekane yitwa HBO, akinamo yitwa Leon Black.

 

2.Eyebrows Msanii na Burna Boy.

Burna Boy ni icyamamare muri Afurika nzima, ni umwe mu bahanzi bamamaye ndetse batwara n’ibihembo bitagira ingano harimo na Grammy Awards ikiri inzozi kubahanzi bo mu Rwanda.Mu gihe Eyebrows we yamamaye mu itangazamakuru.

3.Nduta Mwega na Card B.

Umunya-Kenya Nduta Mwega wamamaye mu itangazamakuru nawe akunze kugereranywa na Card B , umuraperikazi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

4.Lupita Nyong’o na Gayel Ayugi.

Lupita Nyong’o ni umukinnyi wa Filime wamamaye ku Isi binyuze muzirimo Black Panther.Uyu mugore akunze kugereranywa cyane n’umunyamideri Ayugi kubera uburyo bagaragaza haba mu maso ndetse no myifatire.

5.Robert Burale na Paul Fearon.

Robert Burale ni umunya-Kenya ugira abandi bantu inama binyuze mu magambo ye yubaka.Mu gihe Paul Fearon we ari umunyamideri  ubikunda , umwanditsi, umuhanzi akaba n’umwe mu bakunda umupira.

6.Maina Kageni na Grey.

Kageni Maina ni umunyamakuru wo muri Kenya bivugwa ko asa cyane n’umugabo witwa Grey.

7.Rihanna na Priscilla Beatrice.

8.Morris Chestnut na Charlamagne the god.

9.Liam Hemsworth na Khachanov.

10.Taylor Swift na Laura Cadman.

11.Selena Gomez na Sofia Solares.

12.Adele na Ellinor Hellborg.

13.Leo di Caprio na Konrad Annerud.

14.Ryan Gosling na Johannes Laschet.

15.Angelina Jolie na Chelsea Marr.

16.Jennifer Connell na Demi Moore na Courtney Cox.

17.Margot Robbie na Emma Mackey.

Advertising

Previous Story

Nshsuti Innocent na Mugisha Gilbert bafashije Amavubi gutsinda ikipe y’igihanganye ku Isi

Next Story

Igitsina gabo : Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa mukundana ashaka ko muryamana

Latest from Imyidagaduro

Go toTop