Uragura ifi imwe wongezwe indi kuri make ! El Classico Beach yifatanyije n’Abanyarwanda ku munsi wo kwibohora

04/07/2023 09:01

Tariki ya 4 buri mwaka u Rwanda rwizihiza umunsi wo kwibohora.Kuri ubu AbanyaRwanda hirya no hino ku isi barishimira ibyiza bagezeho babigejejweho n’ubuyobozi bwiza burangajwe imbere na H.E Paul Kagame.

Muri uku kwishimira ubu buyobozi bwiza n’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho El Classico Beach iherereye mu Karere ka Rubavu kuri Brasserie yabashyize igorora aho umuntu azajya agura ifi imwe yongezwe indi.

Nshimiyimana Onesphore wamamaye nka Fire West akaba Boss wa El Classico Beach yagize ati:” Promotion ya TAMIRA IFI MUNYARWANDA irakomeje.Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kuri uyu munsi wo kwibohora, urajya ugura ifi imwe wongezwe indi ya 2″.

 

Muhawe ikaze, watwandikira kuri watsapp Numero 0783256132 cyangwa ukaduhamagara tukabasha kugutegurira ifi yawe utarahagera.

Advertising

Previous Story

Inzozi zanjye zibaye impamo ! Akanyamuneza kuri Christopher wifotozanyije na Perezida Paul Kagame

Next Story

IKINAMICO Y’UBUZIMA BWA TESI WAHAWE URUKUNDO NA TELEFONE YAKATARABONEKA N’UMUSORE WAMWIHEBEYE

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop