Umusore yaguze Telefone kumuhanda ageze mu rugo ihinduka udukwi two gucana

19/04/2023 14:48

Umusore yaguze Telefone kumuhanda ageze mu rugo ihinduka udukwi two gucana.Iyi nkuru ifatwa nk’idasanzwe gusa byabaye impamo ubwo umusore yaguraga Telefone ku muhanda yagera aho yiherereye agasanga yahindutse udukwi twogucana.

Uyu mugabo wo mu gihugu cya Ghana yaguze telefone yo bwoko bwa Android ubwo yari mu Murwa mukuru wa Accra , ageze mu rugo asanga yahindutse udukwi.

Ikinyamakuru cyitwa Celebritiesbuzz.com.gh cyo muri Ghana kivuga ko kugabo witwa Amenyo Thamas yayiguze yishimye ndetse azi neza ko agiye kuyikoresha gusa aratungurwa.Abinyujije kuri Konti ye ya Facebook, Amenyo Thomas, yasangije abantu Telefone yaguze n’udukwi yahindutse nyuma yo kuyigura.

Uyirebeye inyuma ubona ko ari Telefone nziza gusa wamara kuyifungura ugasangamo udukwi turinganiye turi muwanya wa Bateri.



INYARWANDA

Advertising

Previous Story

Mu Buholandi bacukuye imva ishyirwamo abantu bazima ngo bitekerezeho

Next Story

Umugabo yafashwe yibye umwenda w’imbere w’umugore, ibyamubayeho ni agahomamunwa!

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop